skol

Umutekano

Havumbuwe umuyoboro muremure cyane Hamas yubatse ngo ishegeshe Isiraheli

Igisirikare cya Israel cyavumbuye umuyoboro wo mu butaka wacukuwe n’umutwe wa Gaza, bivugwa ko (…)

America: impanuka itunguranye yatumye Perezida Biden ahungishwa igitaraganya

Ku Cyumweru, tariki 17 Ukuboza 2023, ubwo Perezida wa Amerika, Joe Biden, yavaga ku biro (…)

EACRF yavuze ko itewe impungenge n’imirwano isize muri Kivu

Ubuyobozi bw’ingabo z’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EACRF) bwatangaje ko n’ubwo Leta ya (…)

Koreya ya Ruguru yarashe misile yambukiranya imigabane kugira ngo ikange US

Korea ya Ruguru yarashe igikekwa ko ari igisasu cya misire cyambukiranya imigabane, kikaba cyari (…)

Umukandida Depite wo mu ishyaka rya Tshisekedi yishwe arashwe

Umwe mu bakandida depite ku rwego rw’intara ya Kivu y’epfo mu matora rusange ateganijwe muri (…)

Ukraine yigambye guhanura drones nyinshi Uburusiya bwohereje ku butaka bwayo

Kuri uyu wa gatandatu, Uburusiya bwiriwe bugaba ibitero by’utudege tutagira abadereva tuzwi nka (…)

Corneille Nangaa yahishuye impamvu yiyunze na M23 ngo barwanye Tshisekedi

Umunyapolitiki wahoze akuriye Komisiyo yigenga ishinzwe amatora muri RDC,Corneille Nangaa (…)

M23 na FARDC bashobora kudatanga agahenge k’ibyumweru bibiri basabwe na US

Ibiro bya Perezida wa leta Zunze Ubumwe za Amerika byatangaje ko agahenge k’amasaha 72 hagati ya (…)

Benshi mu Barundi bahungiye i Burayi batewe ubwoba n’imfu zidasobanutse zikomeje kubibasira

Bamwe mu Barundi baba ku mugabane w’Uburayi cyane cyane abahunze, batewe impungenge n’iyicwa (…)

Israel yitiranije abaturage bayo na Hamas birangira ibivuganye

Igisirikare cya Israel (IDF) cyatangaje ko cyarashe abaturage batatu ba kiriya gihugu, nyuma yo (…)

Abarundi 2890 bafungiwe muri Tanzania mu mezi atarenze arindwi

Abayobozi b’intara zihana imbibi n’igihugu cya Tanzaniya barashinja bamwe mu banya Tanzaniya ko (…)

Umunyeshuri w’umunya Tanzania yishwe na Hamas muri Israel

Umunyeshuri w’Umunya-Tanzania mbere wari watangajwe ko yashimuswe na Hamas muri Israel, leta ya (…)

Perezida Museveni yemeje ko bishe ibyihebe 200 mu kwezi kumwe

Kuri wa gatatu,tariki ya 13 Ukuboza,Perezida wa Uganda yavuze ko nibura ibyihebe 200 bya ADF, (…)

Uganda: Urukiko rwakatiye umugabo gufungwa imyaka 105

Urukiko Rukuru muri Uganda ruri mu murwa mukuru Kampala, rwakatiye umugabo w’imyaka 25 wishe (…)

FARDC na M23 bemeye guhagarika imirwano mu masaha 72

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko impande zihanganye muri Repubulika ya Demokarasi ya (…)