skol
fortebet

Mu Rwanda

RDF yashimiye ba Ofisiye batangiye ikiruhuko cy’izabukuru

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF) bwasezeye ku basirikare bageze ku myaka y’ikiruhuko (…)

Abakozi ba WIH Rwanda Cement basuye urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali basobanurirwa amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi

Kuri uyu wa 10 Nyakanga 2026, Abayobozi n’abakozi ba WIH Rwanda Cement Co. Ltd, ikora sima ya (…)

Abadepite batunguwe n’intebe za miliyoni 11 Frw zangiritse zitamaze amezi arindwi

Abadepite bagize Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo bya Leta (…)

Umujyanama w’ubuzima yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana

Umugabo w’imyaka 46 wo mu Karere ka Nyamasheke yatawe muri yombi akekwaho icyaha cyo gusambanya (…)

Ingabo z’u Rwanda zungutse abasirikare bafite imyitozo yisumbuyeho mu kurwana urugamba rwo ku butaka

Ikigo cy’Amahugurwa cya Gisirikare i Gabiro mu Karere ka Gatsibo, hasojwe amahugurwa yo ku rwego (…)

Kigali: Umunya-Senegal akurikiranweho iyezandonke no kutabasha gusobanura inkomoko y’asaga miliyoni 100RWF atunze

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwatangiye kuburanisha Umunya-Sénégal witwa Bokanga Peter uba i (…)

Tito Rutaremara yagaragaje ko urubyiruko rufitite amahirwe aruta ay’abo hambere

Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu Ngishwanama rw’Inararibonye, Tito Rutaremara yavuze ko (…)

Abanyarwanda 62% batekewe imitwe hakoreshejwe ikoranabuhanga rya serivisi z’imari

Abanyarwanda 62% batekewe imitwe hakoreshejwe ikoranabuhanga rikoreshwa muri serivisi z’imari, (…)

Abantu icumi bagwiriwe n’ikirombe mu karere ka Bugesera

Ikirombe gicukurwamo amabuye yo kubaka mu Murenge wa Ntarama mu Karere ka Bugesera, cyagwiriye (…)

Abadepite bagaragaje ko ikibazo cy’ubusinzi n’ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge mu rubyiruko kiri gufata indi ntera

Abadepite bagize Komisiyo y’Imibereho y’Abaturage bagaragaje ko mu turere tumwe na tumwe hari (…)

Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko abantu 44 bishwe n’inzoga zitujuje ubuziranenge mu mezi atandatu

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yatangaje ko mu mezi atandatu ashize kugeza muri (…)

RRA yatangije gahunda nshya yo kongera iyubahirizwa ry’imisoro ku bushake

Ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro (RRA) cyatangije gahunda yo guteza imbere iyubahirizwa (…)

MINIJUST yasabwe gukemura ikibazo cy’abakatirwa iminsi 30 y’agateganyo bagatinda kuburanishwa

Abadepite basabye Minisiteri y’Ubutabera kongera imbaraga mu kwihutisha imanza baragaragaza ko (…)

Sena yahamagaje Minisitiri w’Intebe ngo asobanure ibibazo byugarije ibyanya by’inganda

Inteko Rusange ya Sena yatumije Minisitiri w’Intebe ngo atange ibisobanuro ku bibazo (…)

Sherry Silver wababajwe n’ibyabaye kuri Cristiano Ronaldo afite inkuru azabwira abana be

Umubyinnyi w’umunyarwanda wabigize umwuga, Sherrie Silver yashenguwe bikomeye no gusezererwa kwa (…)