skol

Umwaka mushya w’uburumbuke ku bankurikirana kuri Twitter- Perezida Kagame

Yanditswe: Monday 02, Jan 2017

Perezida wa Repubulika Paul Kagame ukurikirwa n’abantu bagera kuri miliyoni 1.57 ku rubuga nkoranyambaga rwa Twitter, yabagaragarije ko abahoza ku mutima yongera kubifuriza kugira umwaka mwiza w’uburumbuke.
Abinyujije ku rubuga rwa Twitter, Perezida Kagame yagize ati “Ubwo dusoza uyu munsi wa mbere wa 2017, ndizera ko wabagendekeye neza mu mahoro n’umutuzo. Umwaka mushya w’uburumbuke ku bankurikira.”
Mu ijambo rye risoza umwaka wa 2016 rinatanga ikaze mu wa 2017, Perezida Kagame yabwiye (…)

Perezida wa Repubulika Paul Kagame ukurikirwa n’abantu bagera kuri miliyoni 1.57 ku rubuga nkoranyambaga rwa Twitter, yabagaragarije ko abahoza ku mutima yongera kubifuriza kugira umwaka mwiza w’uburumbuke.

Abinyujije ku rubuga rwa Twitter, Perezida Kagame yagize ati “Ubwo dusoza uyu munsi wa mbere wa 2017, ndizera ko wabagendekeye neza mu mahoro n’umutuzo. Umwaka mushya w’uburumbuke ku bankurikira.”

Mu ijambo rye risoza umwaka wa 2016 rinatanga ikaze mu wa 2017, Perezida Kagame yabwiye Abanyarwanda bose ko bakwiye gukomeza kugira uruhare mu kubaka u Rwanda, bigashingira mu gushyiraho gahunda ziteza imbere buri wese.

Yongeye kubasaba kutirara mu byo bakora, bakubakira ku byagezweho baharanira iterambere rirambye.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa