VIDEWO ubwo Perezida Kagame yashyiraga ibuye ry’ifatizo ahazubakwa ikibuga cy’indege mpuzamahanga cya Bugesera
Yanditswe: Thursday 10, Aug 2017
Kuri uyu wa 09 Kanama 2017 nibwo Perezida Paul Kagame yafunguye kumugaragaro imirimo yo kubaka ikibuga cy’indege mpuzamahanga cya Bugesera giherereye mu Ntara y’Iburasirazuba.
Umukuru w’Igihugu yavuze ko ari umushinga w’ingirakamaro cyane ku gihugu yongera ko umushinga wategerejwe igihe kinini kugira ngo urangire neza. Iki kibuga giherereye ku musozi wa Karera mu mu kagari ka Karera Umurenge wa Ririma.
Perezida Kagame yavuze ko ashimishijwe no gushyira ibuye ry’ ifatizo kuri uyu mushinga (...)
Kuri uyu wa 09 Kanama 2017 nibwo Perezida Paul Kagame yafunguye kumugaragaro imirimo yo kubaka ikibuga cy’indege mpuzamahanga cya Bugesera giherereye mu Ntara y’Iburasirazuba.
Umukuru w’Igihugu yavuze ko ari umushinga w’ingirakamaro cyane ku gihugu yongera ko umushinga wategerejwe igihe kinini kugira ngo urangire neza. Iki kibuga giherereye ku musozi wa Karera mu mu kagari ka Karera Umurenge wa Ririma.
Perezida Kagame yavuze ko ashimishijwe no gushyira ibuye ry’ ifatizo kuri uyu mushinga w’ingirakamaro ku gihugu.
Yagize ati "Uyu ni umushinga twategereje igihe kirekire nizereko twese tuzafatanya kugirango urangire neza. Iki kibuga gikoreshwe. Iki kibuga cy’indege ntabwo kizaba ’nka ya mabati’. Iri buye ry’ifatiyo ni intangiriro y’ibikorwa."
AMAFOTO:
Indi nkuru bifitanye isano: http://umuryango.rw/amakuru/mu-rwanda/article/perezida-kagame-yashyize-ibuye-fatizo-ahari-kubakwa-ikibuga-k-indege
President Kagame speaks at the launch of Bugesera International Airport | 09 August 2017
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *