skol
fortebet

Politiki

Guhura na Tshisekedi ntibyigeze bintera ikibazo - Perezida Kagame

Asubiza niba koko asanga umutwe wa FDLR uteje akaga ku mutekano w’u Rwanda, Perezida Kagame (…)

Minisitiri wa RDC yarahugiye mu gusabira u Rwanda ibihano bituma asiba inama

“Turavuga tuti: ‘Ibisubizo by’Abanyafurika ku bibazo by’Afurika?’ Ibyo ntibikora kuri Madamu (…)

Perezida Kagame yavuze ko ibiri kuba muri Congo ari intambara ishingiye ku moko

Perezida wa Repubilika Paul Kagame yavuze ko intambara iri mu Burasirazuba bwa Repubulika (…)

Perezida Kagame yihanangirije RDC ishaka gucecekesha u Rwanda

Perezida Paul Kagame yatangaje ko u Rwanda rutazigera rwemera ko Repubulika Iharanira Demokarasi (…)

Guverinoma y’u Rwanda yiyemeje kwishyura ibyangijwe n’ibisasu byaturutse muri Congo

Leta y’u Rwanda yatangaje ko izishyura ibyangijwe n’ibisasu byarashwe mu Rwanda bivuye muri (…)

Gen Kainerugaba yakebuye Julius Malema wibasiye Perezida Kagame na Museveni

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yakebuye Umuyobozi w’Ishyaka rya (…)

Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye guhurira mu biganiro

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame na Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya (…)

“Sinabuza abantu kuvuga icyo bashaka kuvuga” Perezida Kagame ku bamugereranya na Putin

Umunyamakuru Larry Madowo yabwiye Perezida Kagame ko hari abamugereranya na Vladmir Putin w’u (…)

U Rwanda rwahishuye ko Congo na FDLR byari bifite gahunda yo kurutera

Guverinoma y’u Rwanda, yatangaje ko Ihuriro ry’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya (…)

Nduhungirehe yasubije Ndayishimiye ushinja u Rwanda uruhare mu mutekano mucye wa Congo

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb Olivier Nduhungirehe, yagize (…)

Perezida Kagame yaganiriye na Minisitiri w’Ubufaransa wari uvuye i Kinshasa

Minisitiri Jean-Noël Barrot, yageze mu Rwanda ku wa Kane tariki 30 Mutarama 2025, nyuma yo kuva (…)

Amatorero atanu yiyongereye ku yandi yambuwe uburenganzira bwo gukorera Ivugabutumwa mu Rwanda

Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB), rwahagaritse impushya zo gukorera ku butaka bw’u Rwanda (…)

Gen (Rtd) Kabarebe yanyomoje uwahoze akuriye ubutasi bwa Afurika y’Epfo

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane ushinzwe ubufatanye (…)

Perezida Kagame yakiriye Minisitiri Dr. Mohammed bin Abdulaziz wa Qatar

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, Perezida Paul Kagame, yakiriye Umunyamabanga wa Leta muri (…)

U Rwanda rwashimangiye kudakuraho ubwirinzi ku mipaka,na gihamya y’ibinyoma bya Ramaphosa

Minisitiri Nduhungirehe yabigaragaje kuri uyu wa 30 Mutarama 2025 mu kiganiro Face The Nation (…)