skol
fortebet

Politiki

Imbamutima za Meya Sebutege wabaye uwa kabiri mu mihigo y’Uturere

Umuyobozi w’akarere ka Huye,Bwana Sebutege Ange,umaze imyaka isaga 2 ku buyobozi yavuze ko (…)

"Ntimushobora kubwira abantu muyobora ibyo mubona bakora bitari byo ko bidakwiriye"-Perezida Kagame

Nyakubahwa Perezida Kagame yakebuye abayobozi batandukanye by’umwihariko ab’uturere bananirwa (…)

Akarere ka Nyaruguru kabaye aka mbere mu kwesa imihigo mu gihe Rusizi yabaye iya nyuma

Kuri Uyu wa Gatanu tariki ya 30 Ukwakira 2020,Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye (…)

Abayobozi mu nzego nkuru z’igihugu berekeje I Nyagatare mu gusinya imihigo [AMAFOTO]

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 30 Ukwakira 2020, abayobozi mu nzego nkuru z’igihugu (…)

Imikino y’amahirwe yahawe icyizere cyo gufungura hanongerwa umubare w’ abantu bitabira imihango itandukanye

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 27 Ukwakira 2020, Perezida Kagame yayoboye Inama y’Abaminisitiri (…)

Perezida Kagame yakiriye abambasaderi bashya ba Vietnam, Oman na Koreya y’Epfo

Ibihugu bya Koreya y’Epfo, Oman na Vietnam byoherereje ababihagararira mu Rwanda, bakaba (…)

Biden yashinje Perezida Trump kugira ivangura rikabije mu kiganiro mpaka

Perezida wa Amerika Donald Trump na mukeba we Joe Biden bagiye impaka zikomeye kuri Covid (…)

Perezida Kagame yijeje igisubizo kirambye ku bibazo by’ibiciro by’ingendo byanenzwe n’abaturage

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’ingendo byabangamiye abanyarwanda bagasaba ko bihindurwa (…)

RURA yamaze guhindura ibiciro by’ingendo byari bibangamiye cyane Abanyarwanda

Urwengo ngenzuramikorere [RURA] rwamaze guhagarika ibiciro by’ingendo byari bimaze igihe (…)

Minisitiri w’intebe yasezeranyije gushakira umuti ikibazo cy’izamuka ry’ibiciro by’ingendo

Minisitiri w’intebe yemeje ko bakiriye ibibazo birebana n’ibiciro by’ingendo byazamutse ku buryo (…)

Minisitiri Shingiro yatumiye Dr.Vincent Biruta I Burundi mu rugendo rwo gutsura umubano

Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Burundi Albert Shingiro na Vincent Biruta, w’u Rwanda, uyu (…)

Ba Minisitiri b’Ububanyi n’Amahanga b’u Rwanda n’u Burundi bari kuganira ku mubano w’ibihugu byombi

Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr Vincent Biruta, ari kugirana ibiganiro na mugenzi (…)

Depite Dr. Frank Habineza yasabye abayobozi ba RURA kwegura niba badashoboye gukorera abanyarwanda

Umuyobozi w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije akaba n’umudepite,Dr.Frank (…)

Joe Biden Yarushije Donald Trump Inkunga yo Kwiyamamaza

Inama nkuru y’Abarepubulikani yakusanyije miliyoni 251.4 z’Amadorali y’Amerika mu gihe (…)

Uwizeyimana Evode waherukaga kwegura ku bunyamabanga bwa Leta yagizwe umusenateri

Ibiro bya minisitiri w’intebe w’u Rwanda byatangaje ko perezida wa Republika yagize Evode (…)