skol
fortebet

Politiki

Minisitiri Nduhungirehe yahishuye ikintu cy’ingenzi kirigirwa mu nama y’abakuru b’Ibihugu I Gatuna

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Rwanda, Amb. Olivier (…)

Perezida wa Angola yageze mu Rwanda kwitabira inama izabera i Gatuna [AMAFOTO]

Perezida wa Angola João Lourenço yageze i Kigali aho yitabiriye inama y’ibihugu bine byiga ku (…)

Perezida Kagame yateguje abayobozi barangwa n’imikorere mibi ko agiye kubamerera nabi

Nyakubahwa perezida wa Repubulika,Paul Kagame,yatangaje ko agiye gufatira ibyemezo bikarishye (…)

U Rwanda rwamaze kurekura abanya Uganda 3 rusaba Uganda gukora ibindi bintu 3 by’ingenzi

Leta y’u Rwanda yashimiye igihugu cya Uganda cyarekuye abanyarwanda 13 cyari kimaze iminsi (…)

Uganda yarekuye Abanyarwanda 13 yari ifunze mu buryo bunyuranyije n’amategeko

Igihugu cya Uganda cyatangiye kugaragaza ubushake bwo kurekura abanyarwanda cyari gifunze mu (…)

Perezida Kagame yavuze ukuntu Twagiramungu na bamwe mu bari bagize Guverinoma batari bahangayikishijwe n’iterambere ry’igihugu

Perezida Kagame yavuze ko abakiri bato bakwiriye kwigana abayobozi bakora neza kugira ngo (…)

#Umwiherero 2020:Imico myiza nagize iraza gushira-Perezida Kagame abwira abayobozi

Nyakubahwa perezida Kagame yabwiye abayobozi bose bo mu Rwanda ko yiteguye kureka kuborohera (…)

Abayobozi basaga 400 bamaze kwerekeza mu mwiherero wa 17 I Gabiro [AMAFOTO]

Abayobozi basaga 400 bo mu nzego zitandukanye z’igihugu bamaze kwerekeza mu kigo cya Gisirikare (…)

Minisitiri Diane Gashumba nawe yeguye ku mirimo ye

Itangazo ryaturutse mu biro bya Minisitiri w’intebe, byatangaje ko Minisitiri w’intebe Dr. (…)

Intumwa z’u Rwanda na Uganda zahuriye mu nama ya 3 yo kureba gahunda y’ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano yo muri Angola

Kuri uyu wa Gatanu taliki ya 14 Gashyantare 2020 mu biro bya Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga (…)

Perezida Kagame yemeye kwegura kwa Evode Uwizeyimana na Dr Munyakazi bari abanyamabanga ba Leta

Minisitiri w’Intebe, Edouard Ngirente yaraye amenyesheje Evode Uwizeyimana na Dr Isaac Munyakazi (…)

Perezida Kagame yashimangiye umubano mwiza w’u Rwanda na Kenya mu gusezera bwa nyuma kuri Daniel Arap Moi

Perezida wa Repubulika,Paul Kagame, yashimangiye ko iyo abanya Kenya babaye bigera ku (…)

Perezida Kagame yatorewe kuyobora AUDA-NEPAD ku bwiganze bw’amajwi

Ku bwiganze busesuye, Perezida Kagame yatorewe kuba Umuyobozi w’Akanama k’abakuru b’ibihugu na (…)

Perezida Kagame yatanze inkunga yo gushyigikira ikigega kigamije gufasha abagore bafite amakompayi y’ubucuruzi muri Afurika

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yitabiriye inama isanzwe y’Inteko Rusange y’Umuryango wa (…)