skol
fortebet

Politiki

Akarere ka Ruhango kabonye meya mushya

Njyanama y’akarere ka Ruhango iherutse kweguza nyobozi yose y’aka karere kubera ibibazo byari (…)

Rwakazina atorewe kuba meya mushya w’ umujyi wa Kigali

Inama Njyanama y’ umujyi wa Kigali itoreye Marie-Chantal Rwakazina w’ imyaka 45 wize ibijyanye (…)

U Rwanda nyuma yo guca amashashi, pulasitiki zikoreshwa rimwe nazo zatangiye gucibwa

Leta y’ u Rwanda yatangiye guca ikoreshwa ry’ amacupa ya pulasitiki mu biro no mu nama igasaba (…)

Umuyobozi Mukuru wari ushinzwe imirimo rusange mu mujyi wa Kigali yasezeye ku mirimo

Mugabo Vianney wari Umuyobozi Mukuru ushinzwe imirimo rusange mu mujyi wa Kigali ari n’ (…)

Nyabihu: Gitifu w’umurenge yakiriye umukecuru umutwaro w’inkwi

Ndandu Marcel, Umunyamabanga Nshingabikorwa w’Umurenge wa Rurembo mu Karere ka Nyabihu, (…)

Mushikiwabo yavuze impamvu agiye kwiyamamariza kuyobora Francophonie kandi u Rwanda rukoresha Icyongereza cyane

Minisitiri w’ Ububanyi n’ amahanga n’ Umuryango w’ Afurika y’ Iburasirazuba Mme Louise (…)

Uko Isi yiriwe tariki 23 Gicurasi 2018 [AMAFOTO]

Mu nshamake y’ uko Isi yiriwe tariki 23 Gicurasi harimo uruzinduko rwa Perezida Kagame mu (…)

Iby’ ingenzi mu kiganiro Perezida Kagame yagiranye na Perezida Macron w’ u Bufaransa

Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame kuri uyu wa Kane tariki 23 Gicurasi 2018 yakiriwe na mugenzi we (…)

Arsenal igiye kujya yamamaza u Rwanda

Ikigo cy’ ’Igihugu gitsura Amajyambere (RDB) rwakoze amateka rukorana amasezerano n’ikipe ya (…)

Abana b’ abahungu 59,5% barakubitwa, abakobwa 23,9% bakorerwa ihohoterwa rishingiye ku gitsina

Ubushakashatsi na Minisiteri y’ Ubuzima mu Rwanda bugamije kureba uko ihohoterwa rihagaze mu (…)

Umuhesha w’ inkiko yafatiriye ibikoresho bya Family TV

Ibikoresho bya Family TV byafatiriwe n’umuhesha w’inkiko, mu gikorwa cyo gukurikira (…)

Rusizi: Akarere kamurikiye abasenateri raporo irimo ibinyoma haboneka umuntu ugatamaza

Abasenateri bagize Komisiyo y’ Ubukungu n’ Imari ejo tariki 15 Gicurasi 2018 basuye akarere ka (…)

Dr Nkurunzira wari Umuyobozi Mukuru w’ Imiturire mu mujyi wa Kigali asezeye ku mirimo

Amakuru agera ku Kinyaramakuru UMURYANGO aravuga ko Dr Nkurunziza Alphonse wari Umuyobozi Mukuru (…)

Umudugudu wa UWIMANA wahembwe kubera kutagira ibyaha

Umudugudu wa UWIMANA wo mu karere ka Kamonyi polisi y’ u Rwanda yawuhaye amazi meza, n’ umuriro (…)

Musabimana wari umuyobozi w’ ishuri yatorewe kuba Meya wa Nyabihu

Kuri uyu wa 14 Gicurasi 2018 Musabimana Odette wari Umuyobozi w’Urwunge rw’Amashuri rwa Rega (…)