skol
fortebet

Politiki

Abagenzi batangiye gusoma ibitabo mu modoka rusange

Abagenzi batega imodoka mu buryo bwa rusange mu mujyi wa Kigali, batangiye kuzigendamo basoma (…)

Urukiko rwatesheje agaciro ikirego cy’uruganda rw’umuryango wa Rwigara

Urukiko rw’ubucuruzi rwatesheje agaciro ikirego cy’uruganda rukora itabi rwa Premier Tobacco (…)

Depite Mukama Abbas yagereranyije u Rwanda na Israel ituranye n’ abanzi ariko ikaba ikomeye

Visi Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko Umutwe w’Abadepite, Mukama Abbas yagereranyije u Rwanda (…)

‘Kuba Umunyarwanda asuhuza undi munyarwanda mu Cyongereza cyangwa mu Gifaransa biteye isoni’ Dr Vuningoma

Gusuhuzanya no kuganira mu ndimi z’ amahanga hari Abanyarwanda basigaye babifata nk’ ubusirimu (…)

UNESCO yashyize Ikinyarwanda mu ndimi zizacika burundu mu Isi niba nta gikozwe

Raporo y’ishami rya Loni rishinzwe uburezi, ubumenyi n’umuco (Nations Educational, Scientific (…)

Umunyarwanda umwe muri babiri ntabwo yishimiye ikiciro cy’ ubudehe arimo

Ubushakashatsi ku ishusho y’uko abaturage babona imiyoborere n’imitangire ya serivisi mu nzego (…)

Perezida Kagame yunamiye intwari z’igihugu anashyira indabo ku gicumbi cyazo (Amafoto)

Kuri 1 Gashyantare 2018, ubwo Abanyarwanda bizihizaga umunsi wo kuzirikana ibigwi by’ intwari z’ (…)

Ifungwa n’itotezwa ry’umunyarwanda wanyujijwe mu nzira y’umusaraba muri Uganda

Nyuma y’iminsi 25 afunzwe akanakorerwa iyicarubozo muri Uganda umunyarwanda Emmanuel Cyemayire (…)

Ibaruwa iteye agahinda Intwari Felicite yandikiye musaza we Col. Nzungize

Soeur NIYITEGEKA Felicite wishwe tariki 21 Mata 1994 aribukwa nk’ Intwari y’ Imena. Uyu mubikira (…)

Kigali : Amazu 40 yacuruzaga inyama atujuje ibisabwa yashyizweho ingufuri

Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI) iashami rishinzwe kugenzura ibikomoka ku buhinzi (…)

U Rwanda mu bihugu 23 byatashye isoko ry’ ubwikorezi bwo mu kirere

U Rwanda n’ ibihugu 23 byo muri Afurika ubwo bari mu nama y’Umuryango w’Afurika Yunze Ubumwe (…)

Ku buyobozi bwa AU,Perezida Kagame atangiriye ku isoko rimwe ry’ubwikorezi mu kirere

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yatangiye k’umugaragaro inshingano zo kuyobora umuryango (…)

Inkuru y’ umukozi wa Parike wamaranye amasaha 6 na Perezida Kagame

Daniel Nishimwe ni umusore w’imyaka 30 y’amavuko usanzwe ukora akazi ko kuyobora abantu muri (…)

None Perezida Kagame aratangira kuyobora AU

Kuri iki Cyumweru tariki 28 Mutarama 2018 nibwo Perezida Paul Kagame atangira kuyobora umuryango (…)

Nyuma y’ imyaka 24, UN yemeye gukoresha inyito ‘Jenoside yakorewe Abatutsi’

Umuryango w’Abibumbye (UN) yemeje ko tariki 7 Mata izajya izirikana Umunsi mpuzamahanga wo (…)