skol
fortebet

Politiki

Polisi y’u Rwanda yavuze ku banyamakuru bivugwa ko bahohotewe n’umujepe bagiye kwa Rwigara

Mu ijwi ry’umuvugizi w’Igipolisi cy’u Rwanda, ACP Theos Badege yahakanye ko hari abanyamakuru (…)

Romain Murenzi wayoboye MINEDUC yashyizwe mu inteko y’intiti muri Sciences

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 02 Nzeri 2017 Prof Romain Murenzi yongeye gutorerwa kuyobora (…)

Kagame yasabye impinduka mu buryo bwihuse muri Minisiteri y’Uburezi, ubuzima, ibikorwa remezo

Perezida Kagame utariye iminwa mu ijambo rye, ubwo yarahizaga bamwe mu bagize guverinoma nshya, (…)

Perezida Kagame yaburiye abayobozi ko igihe kimwe azatangaza amakosa yabo

Perezida Paul Kagame yavuze ko hari amakosa yajyaga avugirwa mu mwiherero ariko ko noneho bigeze (…)

Kagame yasabye Ministiri w’Ubutabera gukurikirana abanyabyaha kugeza kuwifuje kuba Perezida

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko nta muntu n’ umwe utakurikiranwa n’amategeko nubwo (…)

Perezida Kagame arashimwa ubutitsa n’abo yashyize mu ikipe nshya

Nyuma y’uko Perezida Kagame atangaje amazina y’abagize Guverinoma nshya afatanyije na Minisitiri (…)

Muri Guverinoma nshya hongewemo Minisiteri ebyiri

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yakoze impinduka muri Guverinoma nshya aho abaminisitiri (…)

Perezida Kagame yakiriye indahiro y’abagize Guverinoma nshya-VIDEWO

Kuri uyu wa 31 kanama 2017 mu ngoro y’Inteko Ishinga Amategeko ku Kimihurura, Perezida Kagame, (…)

Gatabazi yagizwe Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Bamporiki ahabwa itorero ry’Igihugu

Hafi saa tanu n’iminota 35, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yatangaje Guverinoma nshya igizwe (…)

Anastase Murekezi ari mubahawe imirimo mishya

Anastase Murekezi wari Minisitiri w’ intebe nyuma yo gusimbuzwa Dr Ngirente Edouard yagizwe (…)

Abo Perezida Kagame yatsinze mu matora ntibagaragaye muri Guverinoma yashyizweho

Abakandida Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yatsinze mu matora y’ umukuru w’ igihugu ntabwo (…)

Ngirente yasubije abibaza niba yari yiteguye guhamagarwa na Kagame amusaba kuba Minisitiri w’Intebe-AMAFOTO+VIDEWO

Minisitiri w’Intebe mushya wa 11 u Rwanda rugize, Dr Ngirente Edouard, yatangaje ko (…)

Kagame yakiriye indahiro ya Minisitiri w’ intebe mushya yizeza Abanyarwanda kurara bamenye abagize guverinoma nshya

Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame ku mugoroba wo kuri uyu wa 30 Kanama 2017 yakiriye indahiro ya (…)

Ibyo wamenya kuri Minisitiri w’intebe mushya wa 11, Dr.Edouard Ngirente

Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 30 Kanama 2017 ahagana i saa saba n’iminota micye nibwo Perezidansi (…)

Ngirente wagizwe Minisitiri w’ intebe yashimiye Perezida Kagame

Ngirente Edouard wagizwe Minisitiri w’ intebe mushya w’ u Rwanda asimbuye Anastase Murekezi wari (…)