Icyaha cya Meya Ntazinda ni uguta urugo cyangwa ni “Visa” zabyukije ibindi
Yanditswe: Wednesday 07, May 2025

Ntazinda Erasme yagejejwe ku rukiko rw’ibanze rwa Kicukiro, ku isaha ya saa saba hafi n’iminota 40 azanwe n’imodoka ya RIB
Byabaye Kuri uyu wa 06 Gicurasi 2025, uwahoze ari Meya w’Akarere ka Nyanza mu ntara y’Amajyepfo, Ntazinda Erasme yajejejwe imbere y’urukiko ngo aburane ku ifungwa n’ifungurwa by’agateganyo.
Akigera imbere y’Abacamanza, Ntazinda Erasme n’umwunganira bahawe umwanya maze bahita batambamira iburanisha bishingikirije ingingo y’140 irimo inzitizi ku cyaha kimwe ashinjwa kijyanye no guharika n’ubushoreke, kandi ko babona izo nzitizi zitabemerera kuburana ahubwo zigomba kubanza gusuzumwa n’urukiko zigakurwaho
Inama y’Umutekano yongeye gutunga itoroshi mu byo Ntazinda Erasme
Akurikiranyweho.gusa ikigaragara muri Dosiye kirasa n’icyo Abanyarwanda basobonuye ko ushaka gutega imbeba ayicungira mu nzira ikunze kunyuramo.
None hari ibindi byihishe inyuma y’itabwa muri yombi rya Erasme? Ko bitavugwa ,kuki atakurikiranwa ari hanze? Ibi bibazo n’ibindi wibaza kuri Dosiye ya Ntazinda twabigarutseho mu nama y’umutekano. Tubane……….
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *