Depite Martin Ngoga uhagarariye u Rwanda mu nteko ishinga amategeko y’Umuryango wa Africa y’Uburasirazuba (EALA), kuri uyu wa kabiri tariki ya 19 Ukuboza 2017 yatorewe kuyobora iyi nteko.
Yatowe kuri uyu wa kabiri nyuma y’uko kuwa mbere amatora yagombaga kuba ariko bamwe mu ba Depite bagiye mu kiruhuko ntibagaruka mu nteko barimo aba Tanzaniya n’ab’Uburundi.
Martin Ngoga, watorewe kuyobora EALA muri manda y’imyaka itanu, asimbuye kuri uwo mwanya Dan Kidega, uhagarariye Uganda muri EALA.Yatsinze (...)
Depite Martin Ngoga uhagarariye u Rwanda mu nteko ishinga amategeko y’Umuryango wa Africa y’Uburasirazuba (EALA), kuri uyu wa kabiri tariki ya 19 Ukuboza 2017 yatorewe kuyobora iyi nteko.
Yatowe kuri uyu wa kabiri nyuma y’uko kuwa mbere amatora yagombaga kuba ariko bamwe mu ba Depite bagiye mu kiruhuko ntibagaruka mu nteko barimo aba Tanzaniya n’ab’Uburundi.
Martin Ngoga, watorewe kuyobora EALA muri manda y’imyaka itanu, asimbuye kuri uwo mwanya Dan Kidega, uhagarariye Uganda muri EALA.Yatsinze ku majwi 33.
Yahigitse babiri barimo Umurundi Leontine Nzeyimana wagize amajwi 3 mu gihe Umunya-Tanzania Adam Kimbisa yabonye ubusa.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *