Mu mafoto reba uko byari byifashe mu birori byo kwishimira intsinzi ya Mushikiwabo
Yanditswe: Sunday 04, Nov 2018
Mu ijoro ryakeye I Kigali habereye ibirori byo kwishimira intsinzi ya Madame Louise Mushikiwabo Umunyarwandakazi uherutse gutorerwa kuba Umunyamabanga Mukuru w’ Umuryango w’ Ibihugu bikoreshwa ururimi rw’ Igifaransa.
Ibi birori byitabiriwe n’ abanyacyubahiro bakomeye barimo Perezida Kagame n’ umufasha we, ba ambasaderi, umugaba w’ ingabo z’ u Rwanda, Perezida wa Komisiyo y’ Umuryango wa Afurika yunze ubumwe Moussa Faki Mahamat , abaminisitiri n’ abandi benshi.
Muri ibi birori Perezida Kagame yavuze ko ugushyira hamwe kw’ Afurika aribyo byabyaye intsinzi ya Mushikiwabo wari Minisitiri w’ ububanyi n’ amahanga w’ u Rwanda.
Mushikiwabo yashimiye ibihugu bya Afurika kuba byaramugiriye icyizere bikamutora.
AMAFOTO
Minisitiri w’ Ubuzima Dr Diane Gashumba]
Amafoto: Igihe
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *