Ubutumwa bw’Abamotari Perezida yahaye Umukuru wa Polisi bugeze he?
Yanditswe: Friday 30, May 2025

Tariki ya 30 z’ukwezi gushize kwa 4 mu mwaka wa 2025, nibwo inzego bireba zahuriye n’Abamotari b’umugi wa Kigali i Nyamirambo muri Stade maze baganira ku bibazo byugarije umwuga w’ikimotari.
icyo gihe hatangiwe amakuru ahumuriza abakora uwo mwuga cyane mu bibazo bimwe na bimwe bituma badakora neza kuburyo bakwitunga n’imiryango yabo
N’Ubwo bikiri mu Itegeko, Umuyobozi wa Polisi yari yemereye Abamotari n’abandi bakoresha ibinyabiziga muri rusange ko Amande azajya yishyurwa mu minsi 30!
Ubu babaye bashyizemo iminsi 15 mbere y’Uko itegeko riva mu Inteko!
None, Ahavuye iyi minsi 15 kuki hatava 30 tugakomeza kurindira itegeko? Ariko se nanone, aho gushyira imbaraga mu korohereza Abamotari havuyeho ibibahangayikisha ahubwo?
Tubane mu kiganiro INAMA Y’UMUTEKANO !!!!!
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *