skol
fortebet

Politiki

Itorero rya RBCR(Reformed Baptist Convention in Rwanda) ryimitse Rev.Dominique Ndagijimana nk’Umushumba mukuru mushya

Rev Dominique Ndagijimana yimitswe nk’umushumba mukuru mushya w’Itorero rya RBCR(Reformed (...)

"Abanyarwanda babonye ubuyobozi bari bakwiye"-Perezida Kagame

Perezida Kagame yavuze ko ubuyobozi bwiza u Rwanda rufite ari ubwo rwari rukwiriye ndetse ibyo (...)

Minisitiri Utumatwishima yagiriye inama ikomeye abanyarwanda biga muri Amerika

Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr Abdallah Utumatwishima, yavuze ko abantu bari (...)

Minisitiri w’Intebe yashyize indabo ku gicumbi cy’Intwari z’u Rwanda [AMAFOTO]

Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yunamiye Intwari z’u Rwanda anashyira indabo ku Gicumbi (...)

Ingabire Victoire yagannye inkiko ngo arebe ko yaziyamamariza kuyobora u Rwanda

Urwego rw’Ubucamanza mu Rwanda rwatangaje ko rwakiriye ikirego cya Ingabire Victoire wareze mu (...)

Green Party irifuza ko abategura Umushyikirano batajya bawusanisha n’ishuli

Inama y’Igihugu y’Umushyikirano ihuza Perezida wa Repubulika n’abahagarariye abaturage, ikaba ari (...)

Perezida Kagame yakiriye Perezida wa Guinea n’uwa Mozambique ku munsi umwe

Ku mugoroba wo kuwa kane Perezida Mamadi Doumbouya wa Guinea na Perezida Filipe Nyusi wa (...)

Inama y’Abaminisitiri yahaye imirimo mishya Bugingo Emmanuel na Uwacu Julienne

Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Kane tariki 25 Mutarama mu 2024, iyoborwa (...)

Kagame Yakiriye Perezida Wa Guinea Wasuye u Rwanda

Perezida Paul Kagame yakiriye mugenzi we wa Guinée, Lt Général Mamadi Doumbouya, watangiye (...)

Col Mamadi Doumbouya uyobora Guinea agiye gusura u Rwanda

Perezidansi ya Guinea Conakry yatangaje ko Perezida w’inzibacyuho,Col Mamadi Doumbouya arasura u (...)

Abayobozi batandatu bahoze muri Rulindo basezeye nyuma yo gufungwa bakarekurwa

Abayobozi batandatu bahoze bakora mu Karere ka Rulindo, bamwe bakimurirwa ahandi ariko bakaza (...)

Perezida Kagame yahaye ubutumwa abaperezida baheruka kuvuga ko bagiye gukora impinduka mu Rwanda

Perezida Kagame yabwiye Perezida Ndayishimiye na Tshisekedi baheruka kwigamba ko bagiye gukora (...)

Urubyiruko rwasabwe kwima amatwi imvugo za Perezida Ndayishimiye na Tshisekedi

Minisitiri Dr. Jean Damascène Bizimana yasabye urubyiruko kwima amatwi imvugo zigisha urwango za (...)

"Abanyarwanda bihagije mu biribwa ku kigero cya 78%"-Raporo ya NST1

Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, avuze ko imyanzuro 13 y’Inama y’igihugu y’Umushyikirano (...)

0 | ... | 30 | 45 | 60 | 75 | 90 | 105 | 120 | 135 | 150 | ... | 1920