skol

Politiki

Alain Mukurarinda na Emma Claudine bazwi mu myidagaduro bahawe akazi na Guverinoma

Umuhanzi akaba n’umunyamategeko Alain Mukurarinda, wigeze no kuba Umushinjacyaha n’Umuvugizi (…)

Ibitaramo byasubitswe n’abakozi ba Leta bamwe basabwa gukorera mu rugo

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yayoboye Inama y’Abaminisitiri kuri uyu wa 14 Ukuboza (…)

Perezida Kagame yasabye Abanyarwanda kwizihiza iminsi mikuru bazirikana na Covid-19

Perezida Kagame yakiriye indahiro ya Minisitiri mushya w’Umutekano mu gihugu, Alfred (…)

Perezida Kagame yahaye isezerano rikomeye abitabiriye Hanga PitchFest

Perezida Paul Kagame yabwiye abitabiriye HangaPitchFest 2021 ko hagiye gukorwa ibirenze kugira (…)

Perezida Kagame yashyizeho Minisitiri mushya w’Umutekano

Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame yashyizeho Minisitiri w’Umutekano mu Gihugu, Bwana (…)

Dr.Sabin Nsanzimana yabaye ahagaritswe ku buyobozi bwa RBC

Umuyobozi Mukuru w’ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubuzima [RBC],Dr Sabin Nsanzimana, yahagaritswe ku (…)

Ishyaka PDI ryishimiye ibyo rimaze kugeraho ku isabukuru y’imyaka 30 rimaze rishinzwe

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 30 Ugushyingo 2021,nibwo ishyaka Ntangarugero muri Demokarasi (…)

"Mubihindure cyangwa namwe muhindurwe"-Perezida Kagame abwira abayobozi b’inzego z’ibanze

Perezida Kagame yabwiye abayobozi bo mu nzego z’ibanze baherutse gutorwa ko bafite inshingano (…)

Umufasha wa Perezida w’U Burundi yahaye ubutumwa bukomeye Jeannette Kagame

Umugore wa perezida w’u Burundi, Angeline Ndayishimiye Ndayubaha, yatangaje ubutumwa bwo (…)

U Rwanda rwahagaritse ingendo z’indege hagati yarwo n’ibihugu byo mu majyepfo y’Afurika

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri iki Cyumweru tariki ya 28 Ugushyingo 2021, yanzuye ko (…)

Inama y’Igihugu y’Umushyikirano yasubitswe umwaka ushize yagarutse

Inama y’Igihugu y’Umushyikirano igiye kuba ku nshuro ya 18 aho biteganyijwe ko izabera muri (…)

Perezida Kagame yaganiriye na Aljazeera ku mubano w’u Rwanda na Uganda

Perezida w’u Rwanda,Paul Kagame, yaganiriye n’Ikinyamakuru Aljazeera ku ngingo zitandukanye (…)

AMATORA:Uturere 27 two mu Rwanda twatoye ba Meya bo kutuyobora mu myaka 5 iri imbere

Kuri uyu wa Gatanu mu Turere 27 two hirya no hino mu Rwanda hakozwe amatora y’abagize Komite (…)