skol

Politiki

Perezida Kagame yihanangirije RDC ishaka gucecekesha u Rwanda

Perezida Paul Kagame yatangaje ko u Rwanda rutazigera rwemera ko Repubulika Iharanira Demokarasi (…)

Guverinoma y’u Rwanda yiyemeje kwishyura ibyangijwe n’ibisasu byaturutse muri Congo

Leta y’u Rwanda yatangaje ko izishyura ibyangijwe n’ibisasu byarashwe mu Rwanda bivuye muri (…)

Gen Kainerugaba yakebuye Julius Malema wibasiye Perezida Kagame na Museveni

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yakebuye Umuyobozi w’Ishyaka rya (…)

Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye guhurira mu biganiro

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame na Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya (…)

“Sinabuza abantu kuvuga icyo bashaka kuvuga” Perezida Kagame ku bamugereranya na Putin

Umunyamakuru Larry Madowo yabwiye Perezida Kagame ko hari abamugereranya na Vladmir Putin w’u (…)

U Rwanda rwahishuye ko Congo na FDLR byari bifite gahunda yo kurutera

Guverinoma y’u Rwanda, yatangaje ko Ihuriro ry’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya (…)

Nduhungirehe yasubije Ndayishimiye ushinja u Rwanda uruhare mu mutekano mucye wa Congo

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb Olivier Nduhungirehe, yagize (…)

Perezida Kagame yaganiriye na Minisitiri w’Ubufaransa wari uvuye i Kinshasa

Minisitiri Jean-Noël Barrot, yageze mu Rwanda ku wa Kane tariki 30 Mutarama 2025, nyuma yo kuva (…)

Amatorero atanu yiyongereye ku yandi yambuwe uburenganzira bwo gukorera Ivugabutumwa mu Rwanda

Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB), rwahagaritse impushya zo gukorera ku butaka bw’u Rwanda (…)

Gen (Rtd) Kabarebe yanyomoje uwahoze akuriye ubutasi bwa Afurika y’Epfo

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane ushinzwe ubufatanye (…)

Perezida Kagame yakiriye Minisitiri Dr. Mohammed bin Abdulaziz wa Qatar

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, Perezida Paul Kagame, yakiriye Umunyamabanga wa Leta muri (…)

U Rwanda rwashimangiye kudakuraho ubwirinzi ku mipaka,na gihamya y’ibinyoma bya Ramaphosa

Minisitiri Nduhungirehe yabigaragaje kuri uyu wa 30 Mutarama 2025 mu kiganiro Face The Nation (…)

Intambara iri kuba muri Kongo ntitunguranye-Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, avuga ko ibyago by’intambara abaturage bo mu burasirazuba (…)

Ku mupaka wa Rubavu, Abacanshuro ba mbere bamaze kuhagera n’abakozi ba Banki y’isi

Mu gihe M23 yamaze kwigaruriya umujyi wa goma, abacanshuro b’abanyamahanga bafashaga igisirikare (…)

Urufunguzo rwo kugarura amahoro ruri kuri Congo-Min. Nduhungirehe

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanaga n’Ubutwererane Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko Repubulika (…)