skol

Politiki

Perezida Kagame yahaye umuburo abakora ibikorwa by’iterabwoba anasubiza abamusaba kurekura Rusesabagina

Mu kiganiro Perezida Kagame yagiranye n’abanyamakuru ndetse n’abaturage bo hirya no hino mu (…)

"Tugeze aho tutakwemera ko ibyo twagezeho biba imfabusa"-Perezida Kagame

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 21 Ukuboza 2020,Perezida Kagame yagejeje ku Banyarwanda uko igihugu (…)

Abantu 3000 baraye bafungiwe kwambara nabi udupfukamunwa utubari 85 twarimo abantu 300 turafungwa

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’igihugu.Prof.Shyaka Anastase,yatangaje ko nyuma y’ubufatanye (…)

Serivisi zimwe zari zakomorewe zongeye gufungwa izindi zahuzaga abantu benshi baragabanwa

Kuri uyu wa 14 Ukuboza 2020,Perezida Kagame yayoboye inama y’Abaminisitiri yafatiwemo ingamba (…)

Inama y’Igihugu y’Umushyikirano yari igiye kuba ku nshuro ya 18 yasubitswe

Guverinoma y’u Rwanda yafashe icyemezo cyo gusubika Inama y’Igihugu y’Umushyikirano ya 2020 yari (…)

Urwego rw’Umutekano rwongeye kuza ku isonga ku rutonde rw’imiyoborere myiza

Urwego rw’igihugu rw’imiyoborere [RGB] ku nshuro ya 7 rwashyize hanze ibipimo by’imiyoborere mu (…)

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga yatanze Dr Nsanzabaganwa nk’umukandida muri AU

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, yatangaje ko Dr Monique Nsanzabaganwa usanzwe ari Visi (…)

Gukorera imyitozo muri Gym n’imyidagaduro itandukanye byakomorewe n’Inama y’Abaminisitiri

Perezida Kagame yayoboye Inama y’Abaminisitiri muri Village Urugwiro, kuri uyu wa Gatanu tariki (…)

Perezida Macron yemeje ko azasura u Rwanda muri 2021

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yatangaje ko mu mwaka utaha wa 2021 azagirira (…)

Perezida Kagame yahuriye bwa Mbere mu nama na Ndayishimiye w’u Burundi [Ibyaganiriweho]

Uyu munsi habaye inama ya munani yahuje abakuru b’ibihugu bigize umuryango w’ibiyaga bigari, (…)

’Ubwisanzure na demokarasi bifite aho bitagomba kurenga’-Perezida Magufuli

Perezida John Magufuli wa Tanzania yavuze ko ubwisanzure na demokarasi bifite aho bitagomba (…)

Imbamutima za Meya Sebutege wabaye uwa kabiri mu mihigo y’Uturere

Umuyobozi w’akarere ka Huye,Bwana Sebutege Ange,umaze imyaka isaga 2 ku buyobozi yavuze ko (…)

"Ntimushobora kubwira abantu muyobora ibyo mubona bakora bitari byo ko bidakwiriye"-Perezida Kagame

Nyakubahwa Perezida Kagame yakebuye abayobozi batandukanye by’umwihariko ab’uturere bananirwa (…)

Akarere ka Nyaruguru kabaye aka mbere mu kwesa imihigo mu gihe Rusizi yabaye iya nyuma

Kuri Uyu wa Gatanu tariki ya 30 Ukwakira 2020,Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye (…)