skol

Politiki

Ministiri w’ Ubutabazi Kamayirese ati ‘ibiti binaturinda ibiza’

Minisitiri Germaine Kamayirese uyobora Minisiteri y’ Ubutabazi yifatanyije n’ abaturage bo mu (…)

Ikiganiro cyuzuye impanuro Busingye yagiranye n’ abana, n’ izina yahaye kimwe mu biti byatewe I Gicumbi [VIDEO]

Kuri uyu wa 27 Ukwakira 2018, mu Rwanda hose habaye umuganda rusange ngaruka kwezi. Uyu muganda (…)

Perezida Kagame yagaragaje ko hari Abanyarwanda bafite amacakubiri ashingiye ku bihugu bahungiyemo

Perezida w’ u Rwanda akaba n’ Umuyobozi wa Afurika yunze ubumwe yibajije impamvu hari abafite (…)

‘U Rwanda ntabwo turi ingunguru hari ikiturimo’ Perezida Kagame

Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yavuze u Rwanda atari ingunguru zirimo ubusa birangwa n’ (…)

Gitifu wa Nyamagabe n’ undi muyobozi beguye

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyamagabe, Twayituriki Emmanuel, n’Umuyobozi (…)

Abasenateri bagaragarije Dr Ngirente ukuntu imibare y’ amazi itekinitse

Minisitiri w’ Intebe w’ u Rwanda Dr Ngirente Edouard yitabye abasenateri kuri uyu wa 25 Ukwakira (…)

Uwirukaniwe amakosa akomeye ayo makosa ashobora kujya atangazwa n’ inama y’ abaminisiti

Guverinoma y’ u Rwanda yatangaje igiye kureba niba nta kuntu yajya itangaza mu myanzuro y’ inama (…)

SG wa Francophonie yizeye ubushobozi bwa Minisitiri Sezibera

Louise Mushikiwabo yabwiye abakozi n’ abayobozi ba Minisiteri y’ Ububanyi n’ Amahanga y’ u (…)

Perezida Kagame yabwiye ijambo rikomeye abamwifurije isabukuru nziza

Perezida w’ u Rwanda akaba n’ umuyobozi w’ umuryango wa Afurika yunze ubumwe ejo tariki 23 (…)

Perezida Kagame arimo kuvugwa imyato, yujuje imyaka 61 avutse

Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yavutse tariki 23 Ukwakira 1957, uyu munsi yujuje imyaka 61 y’ (…)

Shyaka Anastase yahawe kashe ya MINALOC ngo ahangane n’ ibibazo yabonye muri iyi Minisiteri

Prof Shyaka Anastase kuri uyu wa 22 Ukwakira Francis Kaboneka yamuhereje ububasha bwo guteka (…)

Minisitiri Nyirasafari yeretse Nyirahabimana Solina aho agomba gutsindagira umwotso

Minisitiri Nyirasafari Esperance wayoboraga Minisiteri y’ Uburinganire n’ Itermbere ry’ (…)

Debonheur wasimbujwe Minisitiri Kamayirese ngo Perezida Kagame aracyamufitiye icyizere

Debonheur Jean d’ Arc wari Minisitiri w’ Ibiza no gucyura impunzi yavuze ko Minisitiri Germaine (…)

‘Kwibwira ko hari imigabane iruta indi biragenda bishira’ Perezida Kagame

Perezida Kagame yabitangaje kuri uyu wa 22 Ukwakira 2018 ubwo yatangizaga imirimo y’ inteko (…)