skol

Politiki

NEC ngo yiteguye kuburana n’ umukandida wasohotse ku rupapuro rw’ itora amazina ye yanditse nabi

Komisiyo y’ igihugu y’ amatora mu Rwanda yatangaje ko izaburana niramuka irezwe mu nkiko n’ (…)

Bwa mbere mu mateka y’ u Rwanda abarwayi n’ abaganga batoreye abadepite ku bitaro [AMAFOTO]

Abaganga mu bitaro bya Kaminuza bya Butare CHUB bishimiye ko bwa mbere mu mateka y’ u Rwanda (…)

Rulindo: Umuturage yagiye gutora abadepite yambaye ivara nk’ umugeni

Umuturage wo mu murenge wa Murambi mu karere ka Rulindo witwa Nzamugurinka Venantie yitabiriye (…)

Umudepite watsinze mu kiciro cy’ abafite ubumuga yamenyekanye

Eugene Mussolini ari we watsinze amatora y’ abadepite mu kiciro cy’ abafite ubumuga mu Nteko (…)

Perezida Kagame na Madamu we batoye abadepite [AMAFOTO]

Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame n’ umufasha we Jeannette Kagame kuri iki Cyumweru tariki 2 (…)

PSD yasoje ibikorwa byo kwiyamamaza isaba abanyarwanda gutuma amatora agenda neza

Ishyaka riharanira Demokarasi n’imibereho myiza y’abaturage (PSD),ryasoreje ibikorwa byo (…)

Umukandida- depite Nsengiyumva yahamije ko mu bikorwa byo kwiyamamaza atigeze abangamirwa

Nsengiyumva Janvier w’ imyaka 29 uri mu bakandida bigenga barimo kwiyamamaza mu matora y’ (…)

Nyamagabe : Abaturage barashaka mpa nguhe mu matora y’ abadepite

Bamwe mu baturage b’ umurenge wa Tare mu karere ka Nyamagabe barasaba abakandida barimo (…)

Ngoma: Gitifu w’ umurenge ngo atukira abayobozi bagenzi be mu ruhame

Bamwe mu bakozi b’umurenge wa Rukumberi n’abanyamabanga nshingwabikorwa ba tumwe mu tugari (…)

Impunzi ziri mu Rwanda aho guhabwa indangamuntu zirimo guhabwa indampunzi

Guverinoma y’u Rwanda ibinyujije muri ministere y’Imicungire y‘Ibiza no gucyura impunzi MIDIMAR (…)

Nyamagabe: Gitifu w’umurenge yanze kuvugisha itangazamakuru yurira imodoka arigendera [AMAFOTO]

Umunyamabanga nshingwabikorwa w’ umurenge wa Tare Mwibonere Dative yanze gusubiza ibibazo by’ (…)

Nkosazana wayoboye Komisiyo ya AU ari mu Rwanda

Dr Nkosazana Dlamini Zuma wahoze Umuyobozi wa Komisiyo y’ Umuryango w’ Afurika yunze ubumwe ubu (…)

Mugabo Vianney umaze amezi 3 asezeye mu buyobozi bw’ Umujyi wa Kigali yasimbujwe

Niyonugabo Joseph niwe Muyobozi mukuru mushya ushinzwe imirimo rusange mu mujyi wa Kigali (…)

‘Igikoresho cy’ itora cyose ubu turakicaranye’ NEC

Komisiyo y’ igihugu y’ amatora yatangaje ko imyiteguro y’ amatora y’ abadepite asigaje iminsi 5 (…)

‘Nimutugirira icyizere tukajya mu nteko ntimuzicuza ’ Dr Habineza

Umuyobozi w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije mu Rwanda (Democratic Green (…)