skol

Politiki

Umuyobozi wa Kicukiro yakuwe ku kazi nyuma yo kunengwa na Perezida Kagame

Umutesi Solange uherutse kubura ibisobanuro imbere y’Umukuru w’Igihugu yakuwe ku mwanya (…)

Amerika yemeje amakuru y’uko Rusesabagina yageze mu muryango we

Rusesabagina w’imyaka 68, yavuye muri Qatar ku wa gatatu mugitondo n’indege ya Amerika agera i (…)

Perezida Kagame yazamuye mu mapeti Abofisiye 2430

Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba rw’ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yazamuye mu ntera ba (…)

Perezida Kagame yakomoje ku kibazo cy’imyubakire gikomeje kuba ingutu

Perezida Kagame yanenze abayobozi bo mu mujyi wa Kigali bakomeje kurangara ku kibazo (…)

Perezida Kagame yasubije abayobozi b’utugari basabye kongererwa umushahara

Perezida Kagame yabwiye abayobozi b’utugari basabye kongererwa umushahara ko Guverinoma (…)

Perezida Kagame yasabye abayobozi kureka ’gukora ubusa’

Perezida Paul Kagame yabwiye abayobozi ko bakwiye kumva neza inshingano bafite,bakareka gukora (…)

Umuryango w’Abibumbye yagaragaje impugenge ufite ku mwuka mubi uri hagati y’u Rwanda na RD Congo

Umuryango w’Abibumbye wagaragaje impungenge utewe n’ikibazo cy’umwuka mubi ukomeje kugaragara (…)

Ibyiciro by’Ubudehe byari nk’amoko bikabamo itekinika n’akarengane bikabije

Ibyiciro by’ubudehe byari kuzateza amakuba akomeye!ni nk’Amoko mu yandi!

Sankara na bagenzi be bagisohoka Mageragere bajyanwe Mutobo!Imiryango yabo ibiteguye ite?

Nyuma yo guhambwa imbabazi n’Umukuru w’Igihugu Nsabimana Callixte ‘Sankara’ na bagenzi be 18 (…)

Hari isomo ibitero by’ingabo za Rusesabagina byasize kuri RDF na Leta muri rusange? Icyuho cyari he?

Hari isomo ibitero by’ingabo za Rusesabagina byasize kuri RDF na Leta muri rusange? Icyuho cyari he?

Perezida Kagame yashyizeho Minisitiri mushya w’Urubyiruko wari usanzwe ari inzobere mu kubaga

Perezida Kagame yashyize mu myanya abayobozi bashya aho Minisiteri y’Urubyiruko yahawe Dr (…)

Ingengabihe y’amatora y’abadepite igiye guhuzwa n’aya Perezida [Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri]

Inama y’Abaminisitiri yemeje ivugurura ry’ltegeko Nshinga ryatangijwe na Perezida wa Repubulika, (…)

RURA yashyizeho amabwiriza agenga Imodoka nshya zizemererwa gutwara abanyeshuri

Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwasohoye amabwiriza mashya agenga umurimo wo gutwara (…)