skol
fortebet

Ubukungu

Kayonza: Abaturage bagiye mu isoko basanga ryimuwe

Aha niho isoko rya Kayonza rituye riremera Abaturage bo mu karere ka Kayonza bagiye kurema (...)

Umuyobozi mushya wa WASAC ngo nta gitutu yotswa no kuba uwo yasimbuye afunze

Umuyobozi Mushya wa WASAC, Aimé Muzola yatangaje ko amakosa yakorewe muri iki kigo ndetse no (...)

MUSANZE : Babangamiwe no guhabwa intica ntikize ngo bimuke ahagiye kubakwa inganda

Abaturage bafite imirima mu gice kigiye kwegurirwa inganda mu karere ka Musanze banze gusinyira (...)

Minisitiri Munyeshyaka agiye gukurikirana ubutaka Kenya yahaye u Rwanda ikiyoborwa na Arap Moi

Vincent Munyeshyaka wagizwe Minisitiri w’ ubucuruzi n’ inganda yatangaje ko agiye gusoma neza (...)

Amafaranga yatangijwe mu gaciro amaze kwiyongeraho 132%

Ubuyobozi bw’ Agaciro Development Fund buratangaza ko amafaranga yatangijwe muri iki kigega (...)

Burera: Polisi ifunze ushinzwe ubuhinzi na babiri banyereje ifumbire

Ushinzwe ubuhinzi n’abandi bantu babiri bashinzwe kugurisha ifumbire n’imbuto ku baturage bo mu (...)

Minisitiri w’urubyiruko MBABAZI avuga ko azubakira ku gihango urubyiruko bafitanye na Kagame

Bamwe mu rubyiruko baravuga ko iyi myaka irindwi ya manda nshya ya Nyakubahwa perezida wa (...)

Niboye : Barinubira gufungirwa utubari saa tatu z’ijoro

Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Niboye mu karere ka Kicukiro barinubira icyemezo bafatiwe (...)

Bamwe mu bazunguzayi bahisemo kwihugura mu myuga n’ubukorikori aho guhangana na Police

Mu gihe bamwe mu bahoze ari abazunguzayi bataka igihombo ndetse hakaba hari nabava mu masoko (...)

Rulindo: Umuriro ukomoka ku mirasire y’izuba bagenewe na Kagame ukoreshwa n’abajyanama b’ubuzima gusa

Bamwe mu bajyanama b’ubuzima bo mu murenge wa Ntarabana mu karere ka Rulindo baravuga ko (...)

Rusizi: Umushoferi akurikiranyweho guha ruswa y’amadorali 10 umupolisi

Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishizwe umutekano wo mu muhanda rikorera mu karere ka Rusizi, ku (...)

Essence yazamutseho amafaranga 24, mazutu izamukaho 19

Ikigo cy’igihugu cy’ imirimo imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro (RURA), kuri uyu wa Kabiri tariki (...)

Abari ba rutwitsi muri Nyungwe ubu nibo basigaye bayibungabunga

Nyuma y’igihe kinini bakora ubuvumvu butemewe muri NYUNGWE bakangiza ibinyabuzima ,ubu (...)

Rubavu: Goshen Finance yibwe Miliyoni 22, umunyekongo ari mu bakekwa

Ikigo cy’imari “Goshen finance” ishami ryo mu mujyi wa Gisenyi mu Karere ka Rubavu ryibwe (...)

Nyagatare: Imvura idasanzwe yasize iheruheru imiryango 56

Imvura idasanzwe yaguye mu karere ka Nyagatare yagije amazu 56 na hegitari enye z’urutoki, (...)

0 | ... | 615 | 630 | 645 | 660 | 675 | 690 | 705 | 720 | 735 | ... | 780