skol
fortebet

Ubukungu

Perezida Kagame yashimiye umuryango we wamwiyunzeho ukiyemeza gutanga Telefoni nyinshi muri gahunda ya #ConnectRwanda

Nyakubahwa Perezida wa Repubulika,Paul Kagame yishimiye ko abagize umuryango we bose bishimiye (…)

Perezida Kagame yatanze telefoni zigezweho 1500 mu rwego rwo guharanira ko buri rugo mu Rwanda rutunga nibura imwe

Nyakubahwa perezida Paul Kagame, yemeye gutanga telefoni zigezweho 1500 zikorerwa mu Rwanda za (…)

Uko imyanzuro y’Inama y’igihugu y’Umushyikirano wa 16 yashyizwe mu bikorwa

Inama y’Igihugu y’Umushyikirano ya 16 yabaye kuva tariki ya 13 kugeza ku ya 14 Ukuboza 2018, (…)

INKURU ICUKUMBUYE: Caguwa irakinjira mu gihugu,mu bayinjiza harimo n’abayobozi

Iyi nkuru yakozwe n’Ikinyamakuru BWIZA.COM, mu bufatanye bw’imikoranire Umuryango.rw urayitangaza.

Nyarugenge: Abafatanyabikorwa bakusanyije miliyoni zirenga 128 yo kubakira abatishoboye

Ku mugoroba wo kuwa gatatu taliki 11/12/2019 ihuriro ry’abafatanyabikorwa mu Karere ka (…)

Qatar yafashe 60% mu mushinga wo kubaka ikibuga cy’indege cyo mu Bugesera

Kuri uyu wa Mbere taliki ya 09 Ukuboza 2019,Leta y’u Rwanda n’iya Qatar bamaze gushyira umukono (…)

Perezida Kagame yahishuriye urubyiruko inzozi zikomeye afite mu myaka iri imbere

Perezida Kagame yabwiye urubyiruko rwiganjemo abihangiye imirimo ko inzozi ahorana ari ukubona u (…)

Ikipe ya PSG nayo yasinyanye amasezerano n’u Rwanda yo kwamamaza VISIT RWANDA

Leta y’u Rwanda iratangaza ko yamaze gusinyana amasezerano y’imyaka 3 y’ubufatanye n’ikipe ya (…)

“Abanyakenya n’abasomali bari barihariye akazi ko gutwara ibikamyo, byarahindutse”: Uwishema Olivier

Umwe mu bayobozi bakuru ba KESI INVESTMENT RWANDA Ltd, Sosiyete y’ubucuruzi ikora n’ibikorwa (…)

ZACU TV yatoranyijwe mu mishinga ibiri myiza muri Transform Africa 2019

Kuri uyu wa kane taliki ya 16/05/2019 ZACUTV.COM urubuga rwashinzwe rufite intego zo kwerekana (…)

“Tubwira urubyiruko ko ari abayobozi b’ejo, none se nk’ubu ba meya ni bangahe?: Meya wa Nyaruguru

Habitegeko Francois, Meya w’Akarere ka Nyaruguru avuga ko hari igihe abayobozi baganiriza (…)

“Guha umushinga BDF ntibivuze guhita ubona amafaranga”: Meya Ange Sebutege

Mu gihe hari urubyiruko ruvuga ko rwagiye rushyikiriza imishinga yarwo BDF ariko ntirumenye (…)

Tumba, Rango, Mukoni: Amazu y’ ubucuruzi yari yarafunze yongeye gufungura ubu barinjira ayikubye kabiri

Abatuye n’ abacururiza mu karere ka Huye by’ umwihariko Tumba, Rango, na Mukoni barishimira (…)

Ikibazo cy’imirire mibi cyaragabanutse mu nkambi z’impunzi

Impunzi z’ Abanyekongo zicumbikiwe mu Nkambi ya Kigeme n’ iya Mugombwa mu Ntara y’Amajyepfo (…)

Imihanda yo mu Rwanda ngo mwiza ku kigero cya 97% [AMAFOTO]

Minisitiri w’ Intebe w’ u Rwanda Dr Edouard Ngirente yatangaje ko ikigero cy’ ubwiza bw’ (…)