skol

Babwiwe ko UMUJYOJYO uzaba ari nka ALIBABA bashoramo arenga Miliyoni 60

Yanditswe: Wednesday 11, Jun 2025

featured-image

Muri za 2019 na 2020 Evariste MURWANASHYAKA wize iby’Ubuhinzi ubwo yazengurukaga Uturere ashishikariza abantu banyuranye hirya no hino mu Turere cyane cyane abize Ubuhinzi kwinjira no kugura imigabane mu kitwa UMUJYOJYO Investment Group Plc yari amaze gushing.

Yababwiraga ko UMUJYOJYO izaba ari nka ALIBABA nyarwanda icuruza ibyo mu buhinzi!

Yavugaga n’ibindi bikorwa bikomeye bazakora n’inyungu ziremereye zirimo!

Aya makuru yabahaye yatumye abantu bitabiriye bagura imigabane irenga Miliyoni 65! Ubu zose zaratikiye!

Ushirutse ubute akagera kuri RIB amusubiza aye! Byagenze gute? Tubane mu INAMA Y’UMUTEKANO

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa