Ubukungu
Babwiwe ko UMUJYOJYO uzaba ari nka ALIBABA bashoramo arenga Miliyoni 60
Yanditswe: Wednesday 11, Jun 2025
Muri za 2019 na 2020 Evariste MURWANASHYAKA wize iby’Ubuhinzi ubwo yazengurukaga Uturere ashishikariza abantu banyuranye hirya no hino mu Turere cyane cyane abize Ubuhinzi kwinjira no kugura imigabane mu kitwa UMUJYOJYO Investment Group Plc yari amaze gushing.
Yababwiraga ko UMUJYOJYO izaba ari nka ALIBABA nyarwanda icuruza ibyo mu buhinzi!
Yavugaga n’ibindi bikorwa bikomeye bazakora n’inyungu ziremereye zirimo!
Aya makuru yabahaye yatumye abantu bitabiriye bagura imigabane irenga Miliyoni 65! Ubu zose zaratikiye!
Ushirutse ubute akagera kuri RIB amusubiza aye! Byagenze gute? Tubane mu INAMA Y’UMUTEKANO
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *