skol
fortebet

Ecobank ishami rya Nyagatare ryibwe miliyoni 77 Frw, abayibye batorotse

Yanditswe: Tuesday 26, Sep 2017

Sponsored Ad

Ku cyumweru tariki ya 24 Nzeri 2017 mu Karere ka Nyagatare, Ishami rya Ecobank rihakorera ryibwe amafaranga y’u Rwanda agera kuri Miliyoni 77 nk’uko byemejwe na IP Kayihura Jean De Dieu.
Aganira na UMURYANGO Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Uburasirazuba, IP Jean de Dieu Kayihura yemeje aya makuru avuga ko ayibwe ari arimo miliyoni 77, 849,574 z’amafaranga y’u Rwanda, amadolari ya Amerika 17775, ama-Euro 3575, n’ama-pound 200; yose hamwe akaba asaga Miliyoni 96 z’amafaranga y’u Rwanda.
Yabwiye (...)

Sponsored Ad

Ku cyumweru tariki ya 24 Nzeri 2017 mu Karere ka Nyagatare, Ishami rya Ecobank rihakorera ryibwe amafaranga y’u Rwanda agera kuri Miliyoni 77 nk’uko byemejwe na IP Kayihura Jean De Dieu.

Aganira na UMURYANGO Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Uburasirazuba, IP Jean de Dieu Kayihura yemeje aya makuru avuga ko ayibwe ari arimo miliyoni 77, 849,574 z’amafaranga y’u Rwanda, amadolari ya Amerika 17775, ama-Euro 3575, n’ama-pound 200; yose hamwe akaba asaga Miliyoni 96 z’amafaranga y’u Rwanda.

Yabwiye UMURYANGO ko kugeza ubu abibye ayo mafaranga batorotse ariko ko iperereza rikomeje.

Avuga ko abakekwa ari abakozi babiri b’iryo shami barimo umuyobozi w’agateganyo w’iryo shami n’Ushinzwe ibikorwa basigaragamo abandi bakozi batashye.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa