Ikipe ya AS Kigali yegukanye igikombe cy’amahoro ku nshuro ya kane(2001,2013,2019 &2022) mu mateka yayo nyuma yo gutsinda APR FC igitego 1-0 ku mukino wa nyuma wabereye kuri stade ya Kigali I...
Umugabo wo mu gihugu cya Ghana yahuye n’uruva gusenya ubwo yafatirwaga mu cyuho ari kwiba igitoki hanyuma ategekwa kukirya cyose ari kibisi.
Mu mashusho yakwirakwijwe kuri Instagram yagaragaje...
Umuhanzi akaba n’umwanditsi w’indirimbo wamenyekanye nka Danny Vumbi ari mu gahinda gakomeye nyuma yo kubura umubyeyi we,avuga ko urupfu rwe rutunguranye.
Bikunze kugorana kumenya niba koko umwana ari uwawe cyangwa Atari uwawe mu gihe nta bushobozi ufite bwo gukoresha ikizamini cya DNA ariko hari bimwe mu bimenyetso ushobora kugenderaho bikaba...
Ikipe ya Chelsea irimo gutekereza ukuntu yabona abakinnyi batatu bo muri mukeba, Manchester City, kuko muri 2 yashakaga hiyongereyeho Oleksandr Zinchenko.
Byari byavuzwe mbere ko ikipe ya...
Umugabo witwa Michael Okurut wakubise urushyi Minisitiri ushinzwe imirimo muri Guverinoma ya Uganda ubwo bari mu misa mu Kiliziya, yatawe muri yombi na Polisi ndetse ubu yatangiye gukorwaho...
Rutahizamu wa APR FC,Nshuti Innocent yasutse amarangamuti ye ku mbuga nkoranyambaga ubwo yifurizaga umukunzi we isabukuru nziza y’amavuko.
Uyu mukinnyi uri mu baherutse guhesha APR FC igikombe...