skol
fortebet

U Rwanda rwahaye Buhinde uwo bukurikiranyeho kuba ikihebe

Yanditswe: Wednesday 27, Nov 2024

featured-image

Sponsored Ad

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, u Rwanda rwoherereje Leta y’u Buhinde Salman Khan ukurikiranyweho ibyaha by’iterabwoba watawe muri yombi nyuma y’ubusabe bwa Polisi Mpuzamahanga (Interpol).

Sponsored Ad

Inzego z’Umutekano z’u Rwanda n’iz’u Buhinde zahererekanyine uyu mugabo ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali.

Bivugwa ko uyu mugabo yatawe muri yombi ku wa 9 Ugushyingo 2024, akaba yatanzwe na Minisiteri y’Ubutabera mu gushimangira ubutwererane bw’ibihugu byombi.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa