skol

Ubutabera

Umunyemari Habumugisha wakubitiye umukobwa mu ruhame yakatiwe igifungo cy’umwaka umwe gisubitse

Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge ruri i Nyamirambo ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 10 Werurwe 2020, (…)

Ubushinjacyaha bwasabiye igifungo cy’imyaka 25 ba bakobwa 6 n’umusore bashinjwa gukorera iyicarubozo mugenzi wabo

Kuri uyu wa Mbere Taliki ya 09 Werurwe 2020 nibwo urubanza rw’aba bakobwa 6 n’umuhungu umwe (…)

Rubavu: Umusaza w’imyaka 64 yatawe muri yombi akekwaho gusambanya abana batatu batarengeje imyaka 10

Umusaza witwa Babonampoze Erneste w’imyaka 64, yatawe muri yombi n’inzego zishinzwe umutekano (…)

DR. Leon Mugesera yongeye kwihana umucamanza bisubika ubujurire bwe

Urukiko rw’ubujurire rwasubitse urubanza rwa Dr Leon Mugesera usaba iseswa ry’igifungo cya (…)

Nyarugenge: Abantu 6 batawe muri yombi bakekwaho gukubita umukobwa bakamwangiza imyanya y’ibanga

Abantu batandatu barimo abakobwa batanu bo mu murenge wa Kimisigara mu karere ka Nyarugenge (…)

Me Antoinette Mukamusoni waburaniraga Kizito Mihigo yavuze ku rupfu rwe n’icyo bavuganye bwa nyuma

Me Antoinette Mukamusoni wunganiraga Kizito Mihigo mbere y’uko apfa yahaye Umuryango ikiganiro (…)

Musanze: Ndabereye wahoze ari Visi Meya yakatiwe gufungwa imyaka isaga 5 azira gukubita umugore we

Uwahoze ari Visi Meya w’akarere ka Musanze ushinzwe iterambere ry’Ubukungu Ndabereye Augustin (…)

Paul Muvunyi yiyambaje perezida Kagame mu rugamba amaze imyaka 12 arwana na Horizon SOPYRWA Ltd

Umunyemari, Paul Muvunyi,yitabaje perezida Kagame kugira ngo amurengere mu rugamba amaze imyaka (…)

RIB yemeje ko yashyikirijwe Umuhanzi Kizito Mihigo wafashwe ashaka gutorokera mu Burundi

Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha [RIB] rumaze gutangaza ko rwamaze gushyikirizwa umuhanzi (…)

Hagaragaye ifoto ya Kizito Mihigo afite igikapu ari hafi y’umupaka w’u Burundi

Ku mbuga nkoranyambaga no mu binyamakuru hagaragaye ifoto ya Kizito Mihigo afite igikapu ari (…)

Biravugwa ko Kizito Mihigo yatawe muri yombi agerageza guhungira i Burundi

Amakuru ataremezwa n’inzego zibishinzwe aravuga ko mu gitondo cyo kuri uyu wa kane taliki ya 13 (…)

RIB yarangije iperereza yakoraga kuri Evode Uwizeyimana washinjwe gukubita umugore

Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha ruratangaza ko iperereza ku bikekwaho Evode Uwizeyimana (…)