skol

Ubutabera

Niyitegeka wahataniye kuba Perezida, afitanye urubanza na CNLG

Muganga Dr Niyitegeka Theoneste wiyamamarije kuba Perezida wa Repubulika mu matora ya 2003 (…)

Nyamagabe: Gitifu w’Akarere afunze by’agateganyo akekwaho kwiba amafaranga y’Akarere

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane nibwo Urwego rw’Umuvunyi ku bufatanye na RIB (Urwego (…)

Kizito Mihigo yageze mu rukiko asanga urubanza rwe rwimuriwe mu rukiko rushya

Kizito Mihigo n’abamwunganira Kuri uyu wa Mbere tariki ya 11 Kamena bageze Kimihurura mu cyumba (…)

Abakozi ba RIB bagiye guhabwa impuzankano ibaranga

Col. Jeannot Ruhunga, Umunyamabanga Mukuru w’ Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha Rwanda (…)

Karongi: Umugenzuzi w’ imari yafashwe yakira ruswa ngo yirengagize igihombo cya miliyoni zirenga 3

Umugenzuzi w’imari (auditor) mu karere ka Karongi yafashwe n’ Urwego ry’ igihugu rushinzwe (…)

Kamonyi: Abana 7 basanzwe mu rugo rw’ umuturage birakekwa ko bari bagiye gucuruzwa

Polisi y’ u Rwanda yatawe muri yombi umugabo wo mu kagari ka Kivumu mu murenge wa Musambira mu (…)

Nyabihu: Umuyobozi uvugwaho kwaka abaturage amafaranga akabaha mituelle z’ impimbano yatawe muri yombi

Umuyobozi ushinzwe Imibereho Myiza y’ Abaturage n’ Iterambere ( SEDO) w’ akagari Rega Umurenge (…)

Gisagara: Abatekamutwe bambuye abaturage arenga 60 000 Rwf

Abagabo babiri n’ umugore umwe batekeye umutwe abaturage mu kagari ka Bweya, umurenge wa Ndora, (…)

Uwakekwagaho gushimuta akanica wa mwana wa Kicukiro yapfuye

Mu gitondo cyo kuri uyu wa 22 Gicurasi nibwo hamenyekanye amakuru avuka ngo Emmanuel Karake w’ (…)

Mukansanga wari Visi Meya wa Nyabihu akimara kwegura yahise atabwa muri yombi

Mukansanga Clarisse nyuma y’ amasaha make yeguye kumwanya w’ Umuyobozi w’ akarere ka Nyabihu (…)

Gitifu w’ umurenge wa Kinigi yakatiwe gufungwa iminsi 30

Urukiko rwisumbuye rwa Musanze rwakatiye umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kinigi (…)

Manirareba wareze Msgr Ntihinyurwa yaciwe ibihumbi 950

Manirareba Herman wareze Arikipiskopi wa Kigali, Ntihinyurwa Thaddée, amushinja gutesha agaciro (…)

Gitifu wa Kinigi ukekwaho gutwikira umwana we mu nzu yatangiye kuburanishwa

Kuri uyu wa 18 Mata urukiko rwisumuye rwa Musanze rwatangiye kuburanisha urubanza ruregwamo (…)

Gicumbi: Umuforomo wafunzwe akekwaho gusambanya umugore yabyazaga yavuze icyari kihishe inyuma y’ ifungwa rye

Umuforomo wo kigo nderabuzima Rubaya witwa Mutabaruka Jean Bosco watawe muri yombi mu kwezi (…)

Uwatwikishije ipasi umukozi wo mu rugo w’ imyaka 16 nta gihano yahawe

Urukiko rw’ ibanze rwa Ngoma rwakatiye Noella Ihirwe igifungo cy’ amezi atanu gisubitse nyuma yo (…)