skol

Ubutabera

Tanzania yemereye u Rwanda abarimu bo kwigisha Igiswahili

Perezida wa Tanzania John Pombe Magufuli Minisitiri w’Uburezi wa Tanzania yagejeje kuri (…)

Ku byaha Dr Munyakazi akurikiranyweho hiyongereho icy’ ingengabitekerezo ya Jenoside

Dr Leopold Mukanyakazi, uherutse koherezwa na Leta zunze ubumwe z’ Amerika kubera uruhare (…)

Bugesera: Abantu batanu bakurikiranyweho ingengabitekerezo ya Jenoside

Kuri sitasiyo za polisi mu Mirenge ya Mayange na Rilima yombi yo mu Karere ka Bugesera, (…)

Gasabo: Yatawe muri yombi nyuma yo gukangisha umugore we ko ‘yamwica icyunamo kikazagera yaraboze nka benewabo’

Umugabo w’imyaka 46 utuye mu Kagari ka Nyabikenke, mu Murege wa Bumbogo, yatawe muri yombi (…)

Urubanza rwa Evode: Urukiko rwatesheje agaciro icyifuzo cy’ ubushinjacyaha

Evode Imena wari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’umutungo Kamere (MINIRENA) ushinzwe (…)

Urukiko rwategetse Kiliziya kwishyura miliyoni 63 Umuforomokazi wahumiye mu kazi akirukanwa

Urukiko rwa Gicumbi rwategetse Kiriziya Gatolika kwishyura miliyoni 63 Murekatete Jovia, wari (…)

Ubushinjacyaha bwasabye ko Evode yongera gufungwa

Urukiko rukuru rwatangiye kumva ubujurire bw’ubushinjacyaha bwasabye ko Evode Imena wari (…)

Amerika: Gervais Ngombwa yakatiwe imyaka 15 kubera ibyaha bya Jenoside

Urukiko muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika rwatakiye Umunyarwanda Gervais Ngombwa w’imyaka 57 (…)

Kayonza: Abayobozi 2 b’uburezi barafunze bakekwaho ruswa mu itangwa ry’akazi k’ubwarimu

Abayobozi b’uburezi babiri mu karere ka Kayonza barafunze nyuma y’iperereza ryakozwe rigasanga (…)

Umugororwa wari usigaje imyaka 14 y’ igifungo yatorotse Gereza nshya ya Mageragere

Rugamba Jovin watorotse Gereza ya Mageragere Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 24 (…)

U Rwanda na Malawi basinyanye amasezerano yo guhererekanya imfungwa

U Rwanda n’ igihugu cya Malawi bashyize umukono ku masezerano y’ ubufatanye mu byerekeranye n’ (…)

Dr Léopold Munyakazi yabwiye urukiko ko adashinzwe kurushakira umwirondoro

Dr Léopold Munyakazi uherutse koherezwa na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika kubera ibyaha bya (…)

Huye: Abaturage ntibavugarumwe n’ ubuyobozi ku kibazo cy’ amasambu yaguzwe mu cyamunara

Amarira ni yose mu baturage b’ahitwa Rwabuye mu Murenge wa Mbazi mu Karere ka Huye, nyuma y’aho (…)

Uwari ushinzwe kugeza ifumbire kubaturage yahanishijwe gufungwa imyaka 7

Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo mu Mujyi wa Kigali, rwakatiye Mwitende Ladislas, wari Umuyobozi wa (…)

Evode Imena arashinjwa gutonesha abagore babiri b’abagabo bakoranaga muri MINIRENA

Kuri uyu wa 15 Gashyantare 2016 Evode Imena n’abo baregwa mu rubanza rumwe, bagejejwe ku Rukiko (…)