skol

Ubutabera

Fatakumavuta yasabiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Sengabo Jean Bosco wamenyekanye nka ’Fatakumavuta’, yamaze kugezwa ku Rukiko rw’Ibanze rwa (…)

RIB yataye muri yombi umupfumu Salongo nyuma y’iperereza yakozweho

Rurangirwa Wilson wamamaye nk’umupfumu Salongo, yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu (…)

U Bufaransa: Urukiko ruratangira kuburanisha mu bujurire Hategekimana wahamijwe ibyaha bya Jenoside

Kuri uyu wa Mbere, Urukiko rwa rubanda rw’i Paris mu Bufaransa ruratangira kuburanisha mu (…)

Musanze:Umusore yakoze agashya yihindura inkumi maze acucura abaturage

Umusore witwa Kabayiza Jean Bosco wo mu Karere ka Musanze yajyanye na bagenzi be kwiba, yigira (…)

Karongi: Ba gitifu basezereye rimwe burya bari babanje gufungirwa mu karere

Mu ntangiriro z’iki cyumweru, nibwo mu karere ka Karongi havuzwe inkuru ku gusezera akazi kwa (…)

Ubuhuza mu butabera bumaze guca Imanza 2199 mu mwaka w’ubucamanza usojwe

Mu mwaka w’ubucamanza usojwe, imanza 2,199, eshanu muri zo zari zifite agaciro ka miliyoni (…)

Imbere y’Urukiko Fatakumavuta yanze kuburana avuga ko atiteguye

Ubwo yari imbere y’Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro Sengabo Jean Bosco wamenyekanye nka (…)

Rubavu: Mudugudu ukekwaho kwiba inka z’abaturage yafunzwe

Umukuru w’umudugudu wa Rushubi, mu kagari Gikombe, umurenge wa Nyakiba ho mu karere ka Rubavu (…)

Gasabo: Haravugwa Umugore wiyiciye umwana agamije kubabaza umugabo we

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Gasabo, kuwa Kabiri, itariki 29 Ukwakira 2024, bwakiriye (…)

Ubushinjacyaha bwasabiye miss Muheto gufungwa umwaka n’Amezi 8

Mu rubanza rwa Miss Muheto Divine, ku byaha byo gutwara imodoka yasinze no guhunga amaze guteza (…)

Miss Muheto ukurikiranyweho gutwara yasinze agiye kuburanishwa

Miss w’u Rwanda 2022, Nshuti Divine Muheto, ukurikiranyweho icyaha cyo kunywa inzoga zirengeje (…)

Karongi: Haravugwa iyeguzwa rya Gitif azira kuzana baturage mbarwa kwakira Guverineri

Nyuma yo gusura abaturage ngo abakoreshe inama agasanga hari mbarwa, amakuru avuga ko Guverineri (…)

Paris: Rwamucyo ushinjwa uruhare muri jenoside yasabiwe kuryozwa ibyo yakoze

Kuri uyu wa Mbere, itariki 28 Ukwakira 2024, abashinjacyaha mu Bufaransa basabiye igifungo (…)

Ruhango: Abagizi ba nabi bamutemeye inka yashumbushijwe batwara umurizo

Kanyumba Madeleine utuye mu Karere ka Ruhango, mu Murenge wa Ruhango, mu Kagari Munini, mu (…)

Rusizi: Akurikiranyweho gushukisha igiceri cy’100 umwana w’imyaka 3 akamusambanya

Kuri sitasiyo ya RIB ya Nyakarenzo iri mu Murenge wa Gashonga,i Rusizi hafungiye umusore witwa (…)