skol

Ubutabera

Burera: Umurambo wagaragaye muri Ruhondo watumye 4 batabwa muri yombi

Umugabo wari kumwe n’abandi umurambo we wasanzwe mu kiyaga, abo bari kumwe na we bahise batabwa (…)

Kabuga wari wasabiwe kutaburana yongeye guhamagazwa n’urukiko rw’i Kigali

Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo, rwategetse ko Kabuga Félicien ufite urubanza aregwamo n’Umuryango (…)

Perezida Kagame yasabye gukurikirana byihuse Colonel Mabano uvugwaho kuriganya Hoteli y’arenga miliyoni 200FRW

Perezida Paul Kagame yasabye inzego zitandukanye gukurikirana ikibazo cy’umusore umaze igihe (…)

Muhanga: Urukiko rwahaye igihano wa mugabo wishe abana 10 atabishaka

Umugabo witwa Ndababonye Jean Pierre bahimba Nyakazehe washinjwaga kuroha abana 13 muri (…)

Nyanza:Polisi yafunze umusore ukekwaho gusambanya umwana

Polisi ikorera mu karere ka Nyanza mu murenge wa Busasamana yataye muri yombi umusore w’imyaka (…)

Nyanza: Abarimu bafashije mugenzi wabo wateye inda umunyeshiri we kuyikuramo bakatiwe

Ku wa Gatanu tariki ya 11 Kanama 2023, Nibwo abakozi bane b’Ikigo cy’Amashuri cya Saint Trinité (…)

Muhanga: Umugabo ukurikiranyweho kwica abana 10 atabishaka yasabiwe ibihano

Mu rubanza rwabereye mu ruhame, ubushinjacyaha bwasabiye igifungo cy’imyaka ibiri n’ihazabu ya (…)

IBUKA yavuze ku mwanzuro wafashwe ku rubanza rwa Félicien Kabuga

Abacamanza bo mu rukiko rw’ubujurire bategetse ko Félicien Kabuga uregwa ibyaha bya jenoside (…)

RIB yataye muri yombi batatu ibashinja gukinisha abana filime z’urukozasoni

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi abantu batatu (…)

Rwanda: Umucamanza azasubukura Urubanza rwa P5 mu Bujurire

Umucamanza mu rukiko rw’ubujurire yatangaje ko agiye gupfundura urubanza rwa Majoro Habib (…)

Marie Chantal warukurikiranweho kwica umwana abereye mukase yakatiwe Burundu

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwahamije Mukanzabarushimana Marie Chantal icyaha cyo kwica (…)

Umubiligi ukomoka mu Rwanda akurikiranweho uruhare mu bitero by’iterabwoba

Urukiko rw’i Buruseli rwasanze Hervé Bayingana Muhirwa, umuturage w’Umubiligi w’imyaka 38 (…)

Aimable Karasira ntiyemera Raporo y’Abaganga Bamusuzumye ayishinja Kubogama

Bwana Aimable Karasira Uzaramba n’abamwunganira mu mategeko barasaba urukiko rukuru gutesha (…)

Kayonza: Batatu barakekwaho kwica uwo basangiraga inzoga

Abaturage batatu bo mu Murenge wa Gahini mu Karere ka Kayonza, batawe muri yombi nyuma yo (…)

Umushinjacyaha Serge azagera mu gace bikekwa ko Kayishema yakoreyemo Jenoside

Uruzinduko rwe ruratangira kuri uyu wa Mbere tariki 24 Nyakanga, azarusoze tariki 28 Nyakanga, 2023.