skol

Ubutabera

Urukiko rw’Ikirenga rwanenze Abavoka bigize ibiraro bya ruswa

Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Mukantaganzwa Domotille, yanenze bamwe mu Bavoka bigize ibiraro (…)

Huye: Abarimo ’Aba-Frère’ babiri bakurikiranyweho uruhare mu rupfu rwa mugenzi wabo

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwohereje mu Bushinjacyaha dosiye y’abantu bane (…)

Munyenyezi yongeye kujyanwa aho ashinjwa gukorera ibyaha bya Jenoside

Munyenyezi Béatrice uregwa ibyaha bya Jenoside yagejejwe mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Huye, (…)

Urukiko rwanzuye ko abarimo Djihad na Pazzo Man bafungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad, (…)

Nyanza: Uwahaye ruswa umuyobozi wa RIB yakatiwe imyaka 5

Urukiko Rukuru urugereko rwa Nyanza rwagabanyirije igihano Vedaste Ndizeye, waregwaga guha ruswa (…)

Umugabo uregwa gukubita umuhini mugenzi we yakatiwe

Urukiko Rwisumbuye rwa Huye rwahamije icyaha cy’ubwinjiracyaha mu bwicanyi umugabo w’imyaka 25 (…)

Gisagara: Dosiye ya Gitifu n’abandi bantu 3 yageze mu bushinjacyaha

Dosiye y’abantu bane barimo Gitifu w’umurenge yagejejwe mu bushinjacyaha bose bakekwaho icyaha (…)

Abanyarwanda barenga ibihumbi 23.000 bafunzwe mu mezi 11 ashize

Imibare y’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora yerekana ko mu mezi 11 ashize ya 2025 rumaze (…)

Mu basaga 70 000 bafungiye mu Rwanda harimo abanyamahanga 500

Komiseri Mukuru w’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS) CG Murenzi Evariste, yatangaje ko (…)

Impamvu bigoye ko ubuhuza bwifashishwa mu manza za gatanya

Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Mukantaganzwa Domitilla, yerekanye ko nubwo ubuhuza butanga (…)

Imanza 20.000 zimaze kurangizwa binyuze mu buhuza

Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Domitilla Mukantaganzwa, yavuze ko kuva ubuhuza bwatangira (…)

Umuyobozi ushinzwe imirimo rusange muri Nyabihu arafunzwe

RIB yafunze Twagirayezu Jean Paul, Umuyobozi ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Nyabihu (…)

Urubanza ruregwamo abarimo Djihad rwasubitswe

Urubanza ruregwamo abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad rwasubitswe nyuma y’uko umwe mu (…)

RIB iri gukora iperereza kuri Yampano n’umukunzi we kubera mashusho yabo y’urukozasoni

Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr. Murangira B. Thierry, yavuze ko (…)

RIB yahishuye ibindi byaha bitandatu Djihad akekwaho nyuma yo gusakaza amashusho ya Yampano atera akabariro

Umuvugizi w’Urwego rw’u Rwanda rw’Ubugenzacyaha, RIB, Dr. Murangira B. Thierry yatangaje ko (…)