skol

Ubutabera

Iburanisha ku bujurire bwa Paul Rusesabagina ryasubitswe bwa gatatu

Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwongeye gusubika ku nshuro ya gatatu iburanisha ry’ubujurire (…)

Rwanda: Tom Byabagamba yasabiwe gufungwa imyaka itatu aregwa kwiba telephone

Tom Byabagamba wahoze akuriye abarinda Perezida Paul Kagame ubushinjacyaha mu Rwanda bwamusabiye (…)

Paul Rusesabagina yasabye urukiko gusubika urubanza rwe

Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwasubitse urubanza rwa Paul Rusesabagina ujuririra gufungwa (…)

Ba bakobwa bafunzwe bazira gukomeretsa bikabije mugenzi wabo bagabanyirijwe imyaka y’igifungo

Abakobwa batandatu ari bo, Nkamiro Zaina, Umulisa Gisèle, Umuhoza Connie, Umuhoza Rosine, (…)

Mutangana Jean Bosco wahoze ari umushinjacyaha mukuru wa Leta yarekuwe

Mutangana Jean Bosco wahoze ari Umushinjacyaha Mukuru yarekuwe nyuma y’iminsi bitangajwe ko (…)

Urukiko rwemeje ko Rusesabagina afungwa indi minsi 30 y’agateganyo

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwemeje ubusabe bw’Ubushinjacyaha bwo kongera igihe cy’iminsi 30 (…)

Gitifu wa Busogo wafungiye umuntu mu modoka ye bikamuviramo impanuka yakatiwe imyaka itatu

Uwahoze ari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Busogo, Nsengimana Aimable, wari (…)

RIB yataye muri yombi umukozi wa RTDA ukekwaho kwaka ruswa

RIB yafunze Nzeyimana Eddy Palatin, umukozi mu kigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere (…)

Urukiko rwemeje ko Dr.Gahakwa Daphrose wabaye minisitiri afungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo rwategetse ko Dr Gahakwa Daphrose wigeze kuba Minisitiri w’Uburezi (…)

Rusesabagina yazanwe mu rukiko kuburana ku iyongerwa ry’iminsi yo gufungwa by’agateganyo

Mu buryo butunguranye, uyu munsi kuwa kabiri mu gitondo Paul Rusesabagina yazanywe mu rukiko (…)

RIB yafashe Nshimiyimana yari imaze iminsi ishakisha cyane

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu tariki 17 Ukwakira (…)

Dr Isaac Munyakazi yakatiwe gufungwa imyaka 10 n’ihazabu ya miliyoni 10 FRW kubera ibyaha bya ruswa

Dr Isaac Munyakazi wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, yakatiwe gufungwa (…)

Dr Daphrose Gahakwa wahoze ari Minisitiri yahakanye ibyaha byose akekwaho

Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo rwatangiye kuburanisha Dr Gahakwa Daphrose wigeze kuba Minisitiri (…)

Umunyamakuru Phocas Ndayizera yise ibimenyetso by’ubushinjacyaha ko ari ikinamico

Phocas Ndayizera uregwa ibyaha birimo iterabwoba yireguye ahakana ibyaha ashinjwa abishingira ko (…)

Abamotari 8 batawe muri yombi bakurikiranweho guhindura ibirango bya moto

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 13 Ukwakira Polisi yerekanye Moto 8 ndetse n’abamotari bazo, Izi (…)