skol
fortebet

Ubuzima

Abandi barwayi 11 ba Coronavirus mu Rwanda bakize barasezererwa mu bitaro

Minisitiri w’Ubuzima,Dr Ngamije Daniel yatangarije RBA ko abantu 11 bari mu bitaro barwaye (…)

Abantu 5 nibo basanganywe Coronavirus muri 1,036 basuzumwe kuri uyu wa Gatanu

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 10 Mata 2020,Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko mu Rwanda habonetse (…)

Ruhango: Umukecuru w’imyaka 80 yatawe muri yombi kubera amagambo yuzuyemo ingengabitekerezo ya Jenoside yabwiye uwayirokotse

Umukecuru w’imyaka 80 witwa Mukamushumba Sarah utuye mu karere ka Ruhango mu Murenge wa (…)

Rtd.capt.Bwitare wari mu basirikare babohoje u Rwanda bakanahagarika Jenoside Yitabye Imana

Kuri uyu wa Gatanu taliki ya 10 Mata 2020,nibwo hamenyekanye inkuru y’akababaro y’urupfu rwa (…)

Kayonza: Mu cyuzi cya Ruramira hamaze kuboneka imibiri 83 y’abazize jenoside yakorewe Abatutsi

Kuwa Mbere w’iki cyumweru nibwo hatangiye umuganda wo gushaka imibiri y’Abatutsi yajugunywe mu (…)

Abantu 3 nibo basanzwe baranduye Coronavirus muri 720 bapimwe kuri uyu wa Kane

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko umubare w’abamaze kwandura Coronavirus mu Rwanda wabaye abantu (…)

Nyarugenge: Abaturage barwanye n’abayobozi bapfa ibyokurya byo gufasha abatishoboye

Abayobozi n’abaturage bo mu Mudugudu wa Ruhango, Akagari ka Ruliba, Umurenge wa Kigali ho mu (…)

Coronavirus: Nta murwayi mushya wagaragaye mu bantu 806 bapimwe mu Rwanda kuri uyu wa Kabiri… Abarwayi 3 bakize barasezererwa

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko uyu munsi tariki ya 07 Mata 2020, nta murwayi mushya wa (…)

Coronavirus: Amafaranga azava mu mishahara y’abayobozi bakuru ashobora kugera kuri miliyari 2,5-Minisitiri Ndagijimana

Minisitiri w’Imari n’igenamigambi, Dr Ndagijimana Uzziel,yatangaje ko amafaranga agera kuri (…)

"Ibi bihe turimo bidasanzwe ntibishobora kutubuza kuzuza inshingano yo kwibuka-Perezida Kagame

Nyakubahwa Perezida wa Repubulika,Paul Kagame,yavuze ko ibihe bibi u Rwanda n’isi yose bya (…)

Abanduye Coronavirus babaye 105...Habonetse umuntu umwe kuri uyu wa Mbere

Kuri uyu munsi tariki ya 06 Mata 2020, Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko umuntu umwe gusa ariwe (…)

Kayonza: Habonetse imibiri 15 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yajugunywe mu cyuzi cya Ruramira

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 06 Mata 2020, mu murenge wa Ruramira wo mu karere ka Kayonza habaye (…)

Abayobozi bakuru muri Guverinoma y’u Rwanda bigomwe umushahara wabo w’ukwezi ushyirwa mu gufasha abatishoboye

Abayobozi bakuru muri Guverinoma y’u Rwanda biyemeje kwigomwa umushahara w’ukwezi kwa Mata (…)

Abanduye Coronavirus mu Rwanda bamaze kuba 104…Hagaragaye abantu 2 kuri iki cyumweru

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko kuri iki cyumweru tariki ya 05 Mata 2020, hagaragaye (…)