skol
fortebet

Ubuzima

Minisante yafunze Ibitaro bya Nyarugenge nyuma y’imyaka 3 gusa bitangiye

Ibitaro bya Nyarugenge nyuma y’imyaka 3 gusa bitangiye gukora ubu byafunze Abarwayi bimurirwa mu (…)

Umugore w’imyaka 25 yakubiswe n’inkuba iramuhitana

Nyirangirimana Euphraise w’imyaka 25 wo mu Mudugudu wa Musasa, Akagari ka Raro, Umurenge wa (…)

Sobanukirwa ikintu umubiri wawe ukeneye ngo uhagnane n’indwara zirimo n’ibyorezo

Umubiri wa muntu ukora umunota ku munota, kandi hakenerwa bimwe biwufasha gukora inshingano (…)

Menya ibintu byakwereka ko umubiri wawe wuzuyemo imyanda

Muri iki gihe ibyanduza ikirere ni byinshi n’imyanda ni myinshi, ni ngombwa gusukura umubiri (…)

Ibyago byo gusinzira amasaha ahindagurika

Inzobere mu buvuzi zigaragaza ko gusinzira mu masaha ahindagurika bigushyira mu byago byo kuba (…)

Virusi ya Marburg imaze kwica abantu icyenda-Minisante

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko umuntu umwe mu Rwanda kuri uyu wa Mbere tariki 30 (…)

Rwanda: Abamaze guhitanwa n’icyorezo cya Marburg bageze ku 8

Kuri iki Cyumweru tariki 29 Nzeri 2024, Minisiteri y’Ubuzima, MINISANTE, yemeje ko abandi bantu (…)

Imibare mishya ya Minisante yerekana ko abantu 300 bahuye n’abarwayi 26 ba Marburg

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yemeje ko hamaze kuboneka abahuye n’abarwayi ba Marbug bamaze (…)

Misante yahumurije Abanyarwanda bikangaga ko Marburg yabashyiramuri Guma mu Rugo

Minisitiri w’Ubuzima Dr Nsanzimana Sabin yatangaje ko nubwo icyorezo cya Marburg cyagaragaye mu (…)

MINISANTE yemeje ko Virusi ya Marburg ijya gusa na Ebola yageze mu Rwanda

Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko mu mavuriro atandukanye yo mu Rwanda, hagaragaye indwara (…)

Dore impamvu hari bamwe mu bagabo bapfa bari gutera akabariro

Si ubwa mbere wumvise ko umugabo cyangwa umusore yitabye Imana ubwo yari mu gikorwa cy’ibyishimo (…)

Umubare w’Abanyafurika bakekwaho Mpox watumbagiye ugera hafi 30 000

Umubare w’abantu banduye indwara ya Mpox ku mugabane w’Afurika wazamutse ugera ku 29 152, harimo (…)

Ukwiye kurya habura amasaha atatu ngo uryame: Inama y’abashakashatsi

Abashakashatsi mu by’imirire n’ubuzima, bagaragaza ko igihe umuntu afatira ifunguro ari ingenzi (…)

Koza amenyo no kuyahaganyura habanza iki?

Nk’uko umara kurya ukoza mu kanwa wifashishije umuti n’uburoso kugira ngo hatazamo impumuro mbi (…)

U Rwanda rwatangiye gukingira Mpox

Minisiteri y’ubuzima kuri uyu wa Kane taliki 19, Nzeri 2024, yatangaje ko Abanyarwanda bagiye (…)