skol
fortebet

Ubuzima

Menya ibihano bihabwa ukwirakwiza amakuru y’urukozasoni ku mbugankoranyambaga

Muri iki gihe abantu bakoresha imbuga nkoranyambaga cyane, biborohera gutambutsa amakuru mu (…)

Musanze: Bugarijwe n’ubusinzi butizwa umurindi n’inzoga z’inkorano

Abaturage bo mu Mirenge ya Gataraga, Shingiro na Busogo mu Karere ka Musanze, bavuga ko inzoga (…)

Perezida Kagame yakiriye umunyamuziki YoYo Ma na Ophelia Dahl ifite isano na’Partners in Health’

Perezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro umunyamuziki YoYo_Ma, umugore we Jill Hornor na (…)

Nyamasheke: Umurambo w’umusore wakuwe mu Kivu

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu mu murenge wa Kanjongo mu mazi y’ikiyaga cya Kivu habonetse (…)

Abasenateri batangiye kwigira munzego zibanze kureba uko abaturage bacyemurirwa ibibazo

Abasenateri bagize Komisiyo ya Politiki n’imiyoborere batangiye igikorwa cyo kumenya uko inzego (…)

Intonganya z’ababyeyi mu muryango ni virusi ku bana- Dr Nsanzimana

Minisitiri w’Ubuzima Dr Sabin Nsanzimana yavuze ko ubuzima bw’umwana ukiri munsi y’imyaka itanu (…)

Mu myaka 60 Umuryango Utabara Imbabare CICR uri mu Rwanda wakoze iki?

Uyu muryango urishimira ko utatereranye Abanyarwanda mu gihe cya Jenoside yakorewe abatutsi muri (…)

Inyama z’ingurube ziziyongera ku mafunguro y’Abanyeshuri bo muy’abanza

Leta y’u Rwanda irateganya gutangira kugaburira abanyeshuri inyama z’ingurube hagamijwe kurwanya (…)

Rwamagana: Umusekirite warindaga Banki yishwe

Nzigira Irenee warindaga Banki y’abaturage i Rwamagana, yishwe atewe ibyuma nk’uko ubuyobozi (…)

Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bwavuze ku kibazo cyabutuye mu manegeka

Umujyi wa Kigali uvuga ko wamaze gutegura ubufasha bugenewe abazimurwa ahashyira ubuzima bwabo (…)

Ni iki cyihishe inyuma y’igihombo cya miliyoni 15FRW Ibitaro bya Kabgayi bivuga ko byahombye?

Ubuyobozi bw’Ibitaro bya Kabgayi buvuga ko bihomba nimura amafaranga y’u Rwanda abarirwa muri (…)

Musanze: Nyuma yo kumara imyaka 10 atabasha kureba yavuwe yongera kureba

Abarwayi bavuwe indwara y’ishaza mu bitaro bya Ruhengeli bishimiye ubuvuzi bahawe bwatumye (…)

Umubyeyi yavuze icyo atekereza ku rupfu rw’umwana we wigaga muri E.S Musanze

Nyuma y’uko hamenyekanye urupfu rw’amayobera rw’umunyeshuri w’imyaka 12 y’amavuko witwa Umuhire (…)

Kigali: Umusore yasanzwe yapfuye bikekwa ko yiyahuye

Mu Murenge wa Nyakabanda, Akarere ka Nyarugenge, umusore ukiri muto yasanzwe yiyahuye akoresheje (…)

Burera: Umurambo w’umugabo wahitanwe n’inkangu wabonetse nyuma y’iminsi 5

Abatuye Umurenge wa Kagogo mu Karere ka Burera barashimira leta ubufasha yabahaye bw’imashini mu (…)