skol
fortebet

Ubuzima

Abantu 6 basanganwe Covid-19 ikomeye ya Omicron mu Rwanda

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko mu Rwanda hagaragaye abantu batandatu banduye virusi (…)

Afurika y’Epfo: Perezida Cyril Ramaphosa yanduye Covid-19

Ibiro bya Perezida wa Afurika y’Epfo,Cyril Ramaphosa byatangaje ko afite ibimenyetso bidakomeye (…)

Icyiciro cya 7 cy’impunzi ziturutse muri Libya cyageze mu Rwanda

Icyiciro cya karindwi kigizwe n’abasaba ubuhungiro 176 bavanywe muri Libya baraye bageze mu (…)

Dr Ngirente yahishuye ikigero cyo gukingira u Rwanda ruzaba rugezeho mu mpera za 2022

Minisitiri w’Intebe, Edouard Ngirente yijeje inteko ko u Rwanda ruzaba rwageze ku ntego yo (…)

Covid-19: Abakuze mu Rwanda batangiye guterwa doze ‘ya gatatu’ y’urukingo [YAVUGURUWE]

Abagejeje ku myaka 50 mu Rwanda batangiye guhabwa doze ya gatatu y’urukingo rwa COVID-19 mu (…)

U Rwanda rwakiriye inkura zera 30 zivuye muri Africa y’Epfo

Inkura 30 zera zinjijwe mu cyanya cy’inyamaswa cy’Akagera zivanywe muri Africa y’Epfo, mu (…)

MINISANTE yahishuye umwanzuro wafashwe ku bagenzi binjira mu Rwanda baturutse mu bihugu byo mu majyepfo ya Afrika

Mu rwego rwo gukumira ikwirakwira ry’ubwoko bushya bwa COVID-19 biswe Omnicron u Rwanda rwafashe (…)

U Rwanda rwasubijeho itegeko ryo kwishyira mu kato ku bantu baturutse mu mahanga

Kubera ubukana bw’ubwoko bushya bwa Covid-19 bwagaragaye muri Afurika y’Epfo, Minisiteri (…)

U Rwanda rugiye kohereza muri Qatar abakozi bazanafasha mu gikombe cy’isi

Kaminuza yigisha iby’ubukerarugendo mu Rwanda imaze gusinya amasezerano yo kohereza abakozi mu (…)

Perezida Kagame yagiriye urugendo muri RDC [AMAFOTO]

Perezida wa Repubulika,Paul Kagame yageze i Kinshasa kuri uyu wa Kane, tariki ya 25 Ugushyingo (…)

Ubwisanzure bw’itangazamakuru mu Rwanda bwiyongereyeho 10%

Ikigo cya leta gishinzwe imiyoborere cyatangaje ko ubwisanzure bw’itangazamakuru buri kuri 93%, (…)

Abangavu n’ingimbi bahishuye uko bakiriye gukingirwa Covid-19 yakerereje amasomo yabo

Abangavu n’ingimbi bafite hagati y’imyaka 12 na 18 benshi bari ku mashuri yisumbuye, batangaje (…)

Perezida Kagame yitabiriye Car Free Day kuri iki cyumweru [AMAFOTO]

Perezida Paul Kagame ni umwe mu banya-Kigali bitabiriye siporo rusange izwi nka Car Free Day (…)

Impunzi z’abanya Eritrea na Libya ziri mu Rwanda zatangiye kubyarana n’abanyarwandakazi

Impunzi z’Abanya Libya na Eritrea ziri mu Rwanda zatangiye kubyarana n’abanyarwanda kazi ndetse (…)

Rubavu: Hatangajwe igihe Gare nshya y’Akarere izubakirwa

Hashize igihe kinini havugwa ko mu karere ka Rubavu, hagiye gutangira imirimo yo kubaka Gare [I (…)