skol
fortebet

Papa Francis aragenderera Colombia nyuma yo guhagarika intambara

Yanditswe: Wednesday 06, Sep 2017

Sponsored Ad

Umushumba wa Kiliziya Katolika ku isi , Papa Francis, aragera mu gihugu cya Kolombiya kuri uyu wa gatatu tariki ya 06 Nzeri mu rugendo rw’imisi itanu nk’uko yabyemereye icyo gihugu mu ntango z’umwaka w’2016 ko nibagera ku masezerano ahagarika intambara azabasura.
Biteganyijwe ko Papa Francis agera muri Colombia iri mu Majyepfo ya Amerika kuva ku itariki 6 kugeza ku 11 Nzeri, 2017.
Mwibuke ko hashize amezi macye, abarwanyi b’umutwe FARC basinye amasezerano y’amahoro na Leta ya Colombia, (...)

Sponsored Ad

Umushumba wa Kiliziya Katolika ku isi , Papa Francis, aragera mu gihugu cya Kolombiya kuri uyu wa gatatu tariki ya 06 Nzeri mu rugendo rw’imisi itanu nk’uko yabyemereye icyo gihugu mu ntango z’umwaka w’2016 ko nibagera ku masezerano ahagarika intambara azabasura.

Biteganyijwe ko Papa Francis agera muri Colombia iri mu Majyepfo ya Amerika kuva ku itariki 6 kugeza ku 11 Nzeri, 2017.

Mwibuke ko hashize amezi macye, abarwanyi b’umutwe FARC basinye amasezerano y’amahoro na Leta ya Colombia, yahagaritse intambara yar’imaze imyaka irenga 50.

Papa na Vatikan bagize uruhare rukomeye muri ibyo biganiro mu gihe bakoze imyaka itari mike kugira bagarukane amahoro muri icyo gihugu cyo muri Amerika y’amajyepfo.

Intumwa ya Papa muri Amerika y’epfo, Guzman Carriquiry, ivuga ko urwo rugenda rw’amahoro ruzageza Colombi ku kunga abarwanyi bari bahanganye na leta.

Kugeza ubu, umuraperi w’umubikira, Maria Valentina, yatoranyijwe n’itsinda rizaririmbira Papa Francis nagera muri icyo gihugu gituwe n’abaturage miliyoni 47.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa