skol

Umutekano

Rusizi: Umugabo ufite abana 5 amaze iminsi 3 mu musarane yaguyemo

Umugabo witwaga Hategekimana Vincent amaze iminsi itatu mu mwobo wa metereo 25 aho yaguyemo ubwo (…)

Rusizi: Umugabo arashinjwa gukubita ifuni umugore bafitanye abana 7

Ntakirutimana Aloys w’imyaka 42 y’amavuko utuye mu mudugudu wa Kacyiru, akagari ka Kigenge (…)

Gasabo: Mu murenge wa Gatsata hongeye gutoragurwa umurambo w’umugore utazwi

Umurambo w’umugore utaramenyekana imyirondoro watoraguwe mu karere ka Gasabo, umurenge wa (…)

RIB yerekanye abatekamutwe barimo uwiyitiriye Ama- G, Rutura, Bruce Melody, Jay Polly n’ abandi

Urwego rushinzwe gukurikirana ibyaha RIB kuri uyu wa 6 Kanama 2018 rwagaragaje abasore babiri (…)

Rwamagana: Mudugudu yakubise umugore w’ abandi amuciraho imyenda

Umuturage witwa Mushikiwabo Solange utuye mu mudugudu wa Gisanza akagari ka Mwulire mu murenge (…)

Ababaye kwa Kabuga I Gikondo bagaragaje imico n’ ingeso mbi bihaba Leta irabihakana

Abana babaye mu kigo kinyuzwamo abana b’ inzererezi bafatirwa mu mujyi wa Kigali mbere y’ uko (…)

Huye: Abandi babiri barashwe bakekwaho ubujura barapfa

Inzego z’ umutekano z’ u Rwanda zongeye kurasa abandi bajura mu karere ka Huye mu murengeye (…)

Ruhango: Umugore yakase igitsina cy’ umugabo we aratoroka

Umugore w’ imyaka 23 yakase igitsina cy’ umugabo we w’ imyaka 32 ahita atoroka, umugabo ajya kwa (…)

Rubavu: Polisi yafatanye abasore babiri udupfunyika 8 612 tw’urumogi

Mu ijoro ryo ku itariki ya 28 rishyira iya 29 Nyakanga, nibwo Imanirabaruta Gabriel w’imyaka 22 (…)

Inkongi y’ umuriro imaze guhitana abantu 6 muri California

Umuntu wa gatandatu amaze kumenyekana ko nawe yahitanywe n’ inkongi umuriro urimo kogoga (…)

Huye: Harasiwe abajura babiri barapfa abandi bariruka

Abantu babiri bivugwa ko bari abajura bitwaje intwaro gakondo barasiwe mu murenge mu Kagari ka (…)

Musanze: Abapolisi bakuru 28 b’abanyamahanga basoje amasomo bari bamazemo umwaka

Kuri uyu wa kane tariki 26 Nyakanga 2018 mu ishuli rikuru rya polisi y’u Rwanda (National Police (…)

Gasabo: Umugore yafatanywe udupfunyika 2 598 tw’urumogi

Ku wa Kabiri tariki ya 24 Nyakanga uyu mwaka aho umugore witwa Nyiramana w’imyaka 25 yinjije (…)

Abaminisitiri b’ ingabo muri EASF bategerejwe I Kigali mu nama yiga ku mutekano

Igisirikare cy’ u Rwanda cyatangaje Abaminisitiri b’ ingabo mu bihugu 10 byo muri Afurika y’ (…)

Igisirikare cy’u Rwanda cyatangaje ibyari mu gikapu cy’a wamuntu warasiwe Kicukiro agiye gutema umusirikare

Nyuma y’uko mu masaha y’igicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 23 Nyakanga 2018, mu murenge wa (…)