skol

Umutekano

Karongi: Umutingito wumvikanye mu Rwanda wasenye byinshi

Umutingito wabaye kuri iki Cyumweru wangije amazu y’abaturage unasenya ibyumba bibiri (…)

Rusizi: Umusore wigenderaga mu nzira yagwiriwe n’ipoto y’amashanyarazi arapfa

Umusore witwa Hakizimana Gad uri mu kigero cy’imyaka 35 wo mu Karere ka Rusizi witambukiraga mu (…)

Muhanga: Umwana yarohamye muri Nyabarongo aburirwa irengero

Umwana witwa Ishimwe Elve uwi mu kigero cy’imyaka 16 ari mu bana bane barohamye bagiye kurema (…)

RDF yashyizwe ku rutonde rw’ibihugu Amerika yagabanyirije inkunga ya gisirikare

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashyize u Rwanda ku rutonde rw’ibihugu bikoresha abana mu (…)

Gasabo:Imvura yahitanye umuryango w’abantu 3 bituma abandi 700 basabwa kwimuka mu masaha 24

Imvura yaguye ku wa Gatatu tariki 20 Nzeri 2023, igateza urukuta kuridukira ku nzu yari irimo (…)

Abanyonzi bahawe isaha batagomba kurenza bari mu muhanda

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 19 Nzeri 2023, Nibwo Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda ACP Boniface (…)

Nyamasheke: Umugore w’imyaka 40 yasanzwe mu nzu amanitse yapfuye

Nyiranangwahafi Elévanie w’imyaka 40 y’amavuko wari utuye mu Mudugudu wa Matyazo, Akagari ka (…)

Kamonyi: Polisi yafunze abasore babiri bari bibye akayabo shebuja

Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego yafashe abasore babiri bafite igikapu kirimo (…)

Musanze:Ubuyobozi bwiyemeje guhangana n’abazunguzayi b’aba Masai

Umuyobozi w’agateganyo w’Inkeragutabara mu Ntara y’Amajyaruguru, Lt Col Vianney Higiro yasabye (…)

Isoko ryo mu Miduha ryahiye ibintu byinshi birakongoka

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 18 Nzeri 2023,isoko riherereye mu Mudugudu wa (…)

Musanze: Polisi yafunze umugore ushinjwa kwiba ihene inyama zayo akazihisha ku gisenge

Umugore w’imyaka 42 wo mu Kagari ka Bikara mu Murenge wa Nkotsi ho mu Karere ka Musanze,yafunzwe (…)

Inyubako y’amagorofa izwi cyane yahiye kubera imirwano

Inyubako zahiye mu murwa mukuru wa Sudan nyuma y’imirwano ikaze hagati y’igisirikare cy’icyo (…)

Huye: Abana batatu bahiriye mu nzu umwe ahasiga ubuzima

Ku mugoroba wo kuri uyu wa 16 Nzeri 2023, mu mudugudu wa Kigarama, Akagari ka Rango B mu murenge (…)

RIB yataye muri yombi Prof Harelimana waherukaga kwanga kwitaba PAC

Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Prof Jean Bosco Harelimana wahoze ari Umuyobozi (…)

Abapolisi 228 barangije imyitozo ihambaye irimo no guca mu muriro[AMAFOTO]

Abapolisi 228 basoje amahugurwa y’ibanze y’ibikorwa bya polisi byihariye (Basic Special Forces (…)