skol

Umutekano

RDF yakoze impinduka ku myambaro y’abasirikare bato n’aba Ofisiye

Igisirikare cy’u Rwanda cyakoze impinduka mu mapeti n’aho yambarwa aho aba ofisiye n’abasirikare (…)

Gisagara: Polisi yafashe umusore wibaga ibyuma n’amaburo bifunze ku mapoto y’amashanyarazi

Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze n’abaturage mu Karere ka Gisagara, (…)

Rubavu: Umuturage ukekwaho kwica mushiki we yarashwe ashaka gucika

Umuturage witwa Mburenumwe Claver wo mu Murenge wa Nyamyumba, Akagari Ka Kinigi, ukekwaho kwica (…)

Rubavu:Umugabo wemeye ko yishe mushiki we yavuze impamvu yabimuteye

Umugabo wo mu Kagari ka Kinigi mu Murenge wa Nyamyumba mu Karere ka Rubavu, ukurikiranyweho (…)

Ruhango:Akarere kaburiye Umudugudu watoye amategeko yihariye yo guhana abajura

Akarere ka Ruhango katangaje ko kabwiye abatuye Umugugudu wa Ryakabungo , uherereye mu kagari ka (…)

Polisi yafashe umugabo wari ugiye kuvunjisha amadolari y’amiganano

Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Nyarugenge, ku wa Kane tariki ya 29 Ukuboza, yafashe umugabo (…)

Perezida Kagame yageneye ubutumwa bukomeye Inzego z’Umutekano

Muri ibi bihe by’iminsi mikuru, Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’umugaba w’ikirenga (…)

U Rwanda rwamaganye ubushotoranyi bwa RDC yongeye kuvogera ikirere cyarwo n’indege

Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo ryo kwamagana igikorwa cy’ubushotoranyi, ivuga ko (…)

Indege ya RDC yongeye kuvogera ikirere cy’ u Rwanda iraswaho

Mu masaha yo mu gitondo kuri uyu wa Gatatu, indege y’intambara ya Congo yinjiye mu kirere cy’u (…)

Inkuba zimaze kwica abantu 273 mu Rwanda mu myaka 5 ishize

Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi yavuze ko abantu 273 bahitanywe n’ibiza by’o gukubitwa (…)

Rubavu: Hamenyekanye icyatumye wa mwana w’imyaka 13 asambanya uw’ibiri

Umwana w’imyaka 13 wo mu muryango wo mu Murenge wa Nyakiriba mu Karere ka Rubavu wasambanyije (…)

U Rwanda rwinjije mu gisirikare abasore n’inkumi bahawe imyitozo ikarishye

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda bwahaye ikaze abasirikare bashya basoje amasomo n’imyitozo mu (…)

Rubavu:Barasaba ko umwana w’imyaka 13 wasambanyije uw’ibiri yatabwa muri yombi

Umuryango wo mu Murenge wa Nyakiriba mu Karere Rubavu, uratabaza nyuma yuko umwana wabo w’imyaka (…)

Sena y’u Rwanda yagaragaje kimwe mu bisubizo byafasha kugabanya impanuka mu Rwanda

Sena y’u Rwanda iratangaza ko ubwinshi bw’imodoka zishaje zinjira mu Rwanda zisanga izindi ziba (…)

Rutsiro:Umuganga akurikiranyweho gukorakora igitsina cy’umurwayi wari ugiye kwivuza

Umuganga wo mu Bitaro bya Murunda biherereye mu Karere ka Rutsiro, ari mu maboko y’inzego (…)