skol

Umutekano

Bane bo mu turere tw’Uburasirazuba bafatanywe Kanyanga yakuzura ikigega

Abantu bane mu Turere twa Nyagatare na Kayonza, baririye ubunani muri kasho za Polisi nyuma yo (…)

Ubutumwa busoza umwaka Perezida Kagame Yageneye Ingabo Z’u Rwanda

Nk’uko asanzwe abigenza, Perezida Kagame yageneye ingabo, Polisi n’izindi nzego z’umutekano (…)

Benjamin Netanyahu yategetse igisirikare kurimbura ibirindiro by’aba-Houtis

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu yatangaje ko yategetse ingabo z’igihugu (…)

Lubero: M23 yafashe Kamandi-Lac nyuma yo gufata Kamandi-Gite

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 21 Ukuboza 2024, nyuma ya saa sita, Ingabo z’Ihuriro rya (…)

Kicukiro: Umusore yiyahuye asiga yanditse ko bamugaburira Inyamaswa

Mu Karere ka Kicukiro, Umurenge wa Gatenga, Akagari ka Karambo, Umudugudu wa Mahoro, umusore (…)

Rubavu: Abarasta basabye uburenganzira bwo kwigaragambya bamagana Gitwaza

Umuryango w’Abarasta bo mu karere ka Rubavu, basabye ubuyobozi bw’aka karere kubaha (…)

Gen Muhoozi yateguje ibitero ku bacanshuro b’abazungu bari muri RDC

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko guhera mu kwezi gutaha (…)

Intumwa y’Ubwongereza yemeje ko kuganira kwa Kagame na Tshisekedi ari inzira nziya yo kugera ku mahoro

Mu gihe hategerejwe ibiganiro hagati y’abakuru b’ u Rwanda na Republika ya Demokarasi ya Congo (…)

Minisitiri w’Intebe yitabiriye umuhango wo kwakira aba Ofisiye bato basaga 600 no kubaha amapeti

Minisitiri w’Intebe , Dr Edouard Ngirente,yasabye abasoje amahugurwa ya ba Ofisiye bato muri (…)

Ukraine yagabye igitero mu mujyi wa Taganrog w’u Burusiya, gisenya inganda

Guverineri w’Umujyi wa Taganrog uri mu Majyepfo y’u Burusiya, Yuri Slyusar yatangaje ko ingabo (…)

FARDC n’abarimo FDLR bakajije ibitero kuri M23

Umutwe wa M23 ku wa Gatanu watangaje ko ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira (…)

Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente yashimangiye ko u Rwanda ruzakomeza kurinda abaturage ikibi cyava ku muturanyi

Minisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente, yatangaje ko mu gihe ubutegetsi bwa Repubulika (…)

Nyanza: Abantu 19 bakekwaho ubujura no guteza umutekano muke batawe muri yombi

Mu rukerera rwo ku wa 05 Ukuboza 2024, mu Karere ka Nyanza mu Murenge wa Kibirizi , mu midugudu (…)

Iyo hataba RDF, Bangui iba yarafashwe: Brig Gen Rwivanga

Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga, yatangaje ko iyo hatabaho umusada wa (…)

Rulindo haravugwa umugabo wiyahuye amaze gutema umugore we

Mu Karere ka Rulindo,umurenge wa Buyoga,akagari ka Gitumba mu mudugudu wa Gitaba haravugwa (…)