skol
fortebet

URUKUNDO

Dore ibintu umugabo ugukunda by’ukuri adashobora kugukorera

Hari ibintu byinshi byiza umugabo ukunda umugore we by’ukuri amukorera ariko hari n’ibintu (...)

Dore amagambo y’ibanze ushobora kubwira umukunzi wawe akamurutira andi yose wigeze kumubwira

Iyo abantu bakimenyana banifuza ku rushinga, usanga hari byinshi babwirana mu rwego rwo (...)

T.I yahishuye impamvu yakubise mugenzi we ubarizwa muri The Chainsmokers

Umuraperi Clifford Joseph Harris Jr wubatse izina nka T.I yemeje ko yakubise mugenzi we (...)

Dore ibintu ushobora gukorera umukunzi wawe igihe ababaye agasubirana akanyamuneza

1Ubushakashatsi bwakorewe muri Leta zunze ubumwe za Amerika bwerekana ko uburakari bugira (...)

Menya uko ukwiye kwitwara mu gihe usanze uwo ukunda nawe akunda undi

Hari ijambo rikunze gukoreshwa n’abantu aho baba bagira bati “kunda ugukunda kuko uwo ukunda (...)

Dore impamvu zidakwiye gutuma umuntu afata umwanzuro wo gushaka

Burya gushaka ni umuhamagaro. Iyo utabaye umuhamagaro wawe si byiza ngo ubyi tsindagiremo kandi (...)

Menya amagambo buri mugore yishimira kubwirwa n’umugabo we

Ijambo ry’umuntu ni kimwe mu bintu bishobora gukomeza umubano w’abashakanye cyangwa rikawusenya (...)

Dore ibimenyetso bishobora kukwereka ko umusore agukunda nyamara atarabikubwira

Bimwe mu bimenyetso bishobora kukwemeza ko umusore yagukunze nyamara atarabikubwira:

Dore ibintu bishobora kukwereka ko umusore mukundanda nta gahunda yo kugushyira murugo afite

Hari ibimenyetso by’ingenzi ushobora kureberaho umuhungu mukundana ukamenya ko nta gahunda afite (...)

Dore ibintu bigaragaza ko abashakanye bacana inyuma nabo ubwabo batabizi

Guca inyuma uwo mwashakanye akenshi bivugwa iyo umwe mu bashakanye akundanye cyangwa akoze (...)

Dore ibintu byagufasha kongera kuryoherwa n’urukundo mu gihe wahemukiwe n’uwo mwakundanaga

Guhemukirwa mu rukundo ntago bikuraho kuba wakongera kuryoherwa mu rukundo mu gihe hari ibyo (...)

Niba wifuza uwo muzabana akaramata menya abantu ukwiye kwitondera

Iyo umuntu ari mu rukundo usanga hari imico abona k’uwo bakundana ariko akayirengagiza cyangwa (...)

Congo:Umusaza w’imyaka 88 n’umugore we w’imyaka 22 bahishuye iby’urukundo rwabo n’uko bitegura kwibaruka

Mu Ntara ya Kivu y’Epfo mu gace ka Mudaka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, (...)

Dore amwe mu magambo umukobwa yabwira umusore bakundana bikaba byabaviramo gutandukana

Amwe mu magambo umukobwa ashobora kubwira umuhungu bari kumwe mu rukundo akaba yarakaza (...)

Dore amakosa umusore ashobora gukora mu ntangiro z’urukundo bigatuma umukobwa abivamo

Amwe mu makosa abasore bakunze gukora mu ntangiro z’urukundo bikaba byatuma umukobwa afata (...)

0 | ... | 150 | 165 | 180 | 195 | 210 | 225 | 240 | 255 | 270 | ... | 300