Uwavuga ko Marina ari umwe mu bahanzikazi nyarwanda bari kwitwara neza mu muziki muri iyi minsi ntabwo yaba abeshye,kuko ni ari umukobwa w’impano ihambaye kandi ukora ibishoboka byose ku rubyiniro...
Nsengiyumva Emmanuel uzwi nka Emmy mu muziki ni umwe mu bahanzi b’abanyarwanda babarizwa muri Amerika ari naho akorera muzika.uyu muhanzi akaba yari amaze imyaka isaga irindwi adakandagira mu...