Ubwo bari mu kiganiro ’RIRARASHE’ cyo kuri uyu wa 17 Ugushyingo uyu mwaka, gitambuka kuri Radio na Televiziyo 1, Umunyamakuru Kakooza Nkuriza Charles uzwi nka KNC Imfurayiwacu yumvikanye ajya...
Ibyamamare bitandukanye, byiganjemo abanyamakuru ndetse n’abavuga rikijyana ku mbuga nkoranyambaga ni bamwe mu batunguranye mu mikino idasanzwe ariko igamije...
Kuwa 16 Kanama 2015 ni umunsi w’amateka atazibagirana kuri Gatsinzi Emery uzwi nka Riderman ndetse n’umugore we Agasaro Nadia dore ko ariwo munsi batangiye urugendo rwo kubana mu nzu nk’Umugore...
Ibi byabaye kuri uyu wa gatandatu taliki 23 Ukwakira mu Mujyi wa Kigali mu Karere ka Kicukiro, aho umwe mu bakodesha inzu (Umupangayi) witwa Mbavu Dada ukomoka muri Repubulika iharanira...
Uwihoreye Jean Bosco Mustafa wamamaye mu ruganda rwa Cinema nka Ndimbati, ku mugoroba wo kuwa 23 Ukwakira yatangariwe bikomeye ubwo yatambukaga kuri Tapi itukura mu birori by’akataraboneka byiswe...