skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Uburakari muri Ghana kubera umunyedini gakondo w’imyaka 63 washatse umukobwa w’imyaka 12

Umunyedini gakondo ukomeye, wagereranywa na padiri gakondo, w’imyaka 63, yateje uburakari bwinshi muri Ghana nyuma yo gushaka umukobwa w’imyaka 12.
2 April 2024 Yasuwe: 599 0

Perezida Kagame yavuze ku musimbura we,ikimushimisha mu byagezweho n’u Rwanda yifuza kuzasaziramo

Perezida Kagame yavuze ko yishimira cyane aho u Rwanda rugeze ubu ndetse ko yifuza kuzasazira mu Rwanda abanyarwanda babanye neza haba ikibazo kikaba ari igisanzwe nkuko bimeze mu bateye imbere.
1 April 2024 Yasuwe: 1066 0

"Kukwikoreza umuzigo wa Kongo ni nko kukwikoreza umurambo w’impyisi"- Perezida Kagame

Perezida Kagame yagaragaje ko amahanga akwiriye guhagarika kugereka ku Rwanda ibibazo bya RDC kuko nta ruhare rubifitemo ndetse yemeza ko ikibazo cyayo kirimo ibintu byinshi byivanzemo na benshi.
1 April 2024 Yasuwe: 1003 0

Perezida Kagame yahishuye impamvu yatumye Inkotanyi zisubira inyuma zari zigeze i Rulindo mu rugamba rwo mu 1993

Perezida Kagame yavuze ko icyatumye ingabo yari ayoboye mu rugamba rwo kubohora u Rwandazisubira inyuma zigeze i Rulindo ari igitutu cy’amahanga yabafungiye intwaro.
1 April 2024 Yasuwe: 2276 0

Perezida Kagame yahishuye icyagoranye kurusha ibindi mu rugamba rwo kubohora u Rwanda

Perezida Kagame yagarutseho ku mateka y’urugamba rwo kubohora Igihugu mu kiganiro yagiranye na Radio 10 na Royal FM aho yavuze ko icyabagoye ari ukongera gukusanya ingabo Gen Rwigema amaze gupfa...
1 April 2024 Yasuwe: 2311 0

Perezida Kagame yahishuye ukuntu amafoto yabonye afite imyaka 11 yatumye arota kubohora u Rwanda

Perezida Paul Kagame yatangaje ko ubwo yari afite imyaka 11 y’amavuko aribwo ababyeyi be bamweretse amafoto ye akivuka,abona iwabo bari bifashije mbere y’uko bahunga aribyo byatumye arota...
1 April 2024 Yasuwe: 1393 0

Perezida Kagame yahishuye icyatumye kongera kubaka u Rwanda bikunda

Perezida Paul Kagame mu kiganiro yagiranye na Radio 10 na Royal FM, yasabye Abanyarwanda haba abakuru n’abato kongera gusubiza amaso inyuma bakareba aho Igihugu cyavuye n’aho kigeze bakirinda...
1 April 2024 Yasuwe: 398 0

Perezida Kagame yahishuye uko yakiriye ibyavuye mu mukino wa Arsenal afana na Man City

Mu kiganiro ari kugirana na Radio 10 ndetse na Royal FM, Perezida Paul Kagame yavuze ko yarebye umukino wahuje Manchester City na Arsenal afana, warangiye amakipe yombi anganyije ubusa ku busa.
1 April 2024 Yasuwe: 747 0

Uwatwara Premier League igihe amakipe atatu ayihataniye yanganya amanota n’ibitego

Ikipe ya Liverpool na Manchester City zishobora guhura mu mukino wa kamarampaka igihe shampiyona yarangira banganya amanota n’ibitego mu gihe Arsenal yahita ibatwara igikombe iramutse inganyije...
1 April 2024 Yasuwe: 1360 0

Hamenyekanye uwishyuriye Dani Alves amafaranga yo gusohoka muri gereza

Hamenyekanye igitangaza kiri inyuma y’uwishyuriye amafaranga y’ingwate umukinnyi Dani Alves ya miliyoni y’amayero (£850,000) kugira ngo asohoke muri gereza by’agateganyo.
1 April 2024 Yasuwe: 1829 0