skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Igikomangomakazi Catherine wa Wales yemeje ko arwaye kanseri

Igikomangomakazi Catherine cyangwa Kate Middleton, umugore w’Igikomangoma William cy’u Bwongereza, kuri uyu wa 22 Werurwe 2024, yatunguranye ubwo yahishuraga ko afite uburwayi bwa kanseri.
23 March 2024 Yasuwe: 976 0

Uwahoze ari umukinnyi wa Chelsea yatandukanye n’umugore we nyuma yo kuvumbura ko abana bari bafitanye atari abe

Uwahoze ari umukinnyi wa Chelsea yasabye gatanya - nyuma y’aho ibizamini bya ADN byerekanye ko abana babiri yitaga ko yabyaranye n’uwahoze ari umugore we atari abe ahubwo yamuciye inyuma...
23 March 2024 Yasuwe: 2485 0

Uwakiniye Arsenal yahishuye ukuntu abakinnyi bigeze kugaba igitero kuri Wenger yagurishije abakinnyi bakomeye

Mu myaka yashize,ikipe ya Arsenal yafataga kurangiza muri bane ba mbere muri Premier League nk’igikombe cyayo, ariko abakinnyi bamwe bakunze guhura na Arsene Wenger igihe yagurishaga abakinnyi...
23 March 2024 Yasuwe: 946 0

The Ben yavuze ku ndirimbo ya kabiri yakoranye na Bruce Melodie ntisohoke

Umuhanzi The Ben yahishuye ko we na Bruce Melodie bakoranye indirimbo ya kabiri ntiyasohoka bityo atari kumusuzugura ku ndirimbo ya mbere ngo bongere bagerageze gukorana bwa kabiri.
23 March 2024 Yasuwe: 612 0

Amavubi yananiwe gutsinda Botswana mu mukino wa mbere bahuye

Ikipe y’igihugu ’Amavubi’yaguye miswi na Botswana 0-0 mu mukino wa mbere muri ibiri ya gicuti bazakinira muri Madagascar.
22 March 2024 Yasuwe: 1846 0

Umugore yiyahuye nyuma yo gufatwa n’umugabo we amuca inyuma

Umugore wo muri Zimbabwe uba muri Afurika y’epfo,yiyahuye nyuma yo gufatirwa mu buriri asambana n’umukozi ukorana n’umugabo we,kuwa Gatatu w’icyumweru gishize.
22 March 2024 Yasuwe: 3594 0

M23 yafashe utundi duce twinshi nyuma yo kwirukana FARDC n’abo bafatanyije

Tumwe mu duce n’imidugudu byo muri Gurupoma ya Bashali Mokoto, ubu biri mu maboko y’inyeshyamba za M23 nyuma yuko ihaye isomo M23.
22 March 2024 Yasuwe: 2609 0

Real Madrid irashaka kugura umukinnyi Liverpool igenderaho

Ikipe ya Real Madrid ikomeje gukurikiranira hafi myugariro Trent Alexander-Arnold wa Liverpool kugira ngo imugure mu mpeshyi.
22 March 2024 Yasuwe: 1807 0

Hadji yijeje ko ikibazo cy’amikoro ku makipe yo mu Rwanda kigiye kuba amateka

Umuyobozi w’Inama y’Ubuyobozi ya Rwanda Premier League, Hadji Yussuf Mudaheranwa, yavuze ko inkunga isanzwe igenerwa amakipe umwaka utaha iziyongera ugereranyije n’iyo abona muri uyu mwaka.
22 March 2024 Yasuwe: 2044 0

U Rwanda na RDC bahuriye mu biganiro i Luanda

Ku wa Kane,tariki 21 Werurwe 2024,abayobozi mu nzego nkuru z’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, bahuriye i Luanda muri Angola nk’umuhuza, aho baganiriye ku bibazo by’umutekano...
22 March 2024 Yasuwe: 3641 0