skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Porsche na Boeing bagiye gukora ’imodoka ziguruka’

Uruganda rukora imodoka Porsche n’urukora indege Boeing basinye amasezerano yo gufatanya bagakora imodoka igenda mu mujyi ishobora no kuguruka.
16 October 2019 Yasuwe: 1045 0

Umutoza uhabwa amahirwe menshi yo gutoza ikipe ya Manchester United yamenyekanye ahita anatangaza abakinnyi yifuza...

Nta muntu ukurikira umupira utabona ko umutoza wa Manchester United witwa Ole Gunnar Solskjaer ari mu marembera ariyo mpamvu ubuyobozi bw’iyi kipe bwamaze kwegera uwitwa Massimiliano Allegri ngo...
16 October 2019 Yasuwe: 5644 0

Kicukiro: Nsabimana washikuzaga abantu amatelefoni n’amasakoshi atwaye moto yatawe muri yombi

Umumotari witwa Nsabimana Theogene w’imyaka 40 wari umaze iminsi ashakishwa na polisi kubera ukuntu yashikuzaga abagore n’abakobwa amatelefoni n’amasakoshi yatawe muri yombi, kuri uyu wa...
16 October 2019 Yasuwe: 9473 7

MINEDUC yafashe umwanzuro ukomeye uzayifasha kuzamura ireme ry’uburezi

Minisiteri y’Uburezi yafashe ingamba zikomeye mu rwego rwo kuzamura ireme ry’uburezi benshi bavuga ko riri ku rwego rwo hasi aho ishuri rimwe rigiye kuzajya rigira umwarimu urishinzwe n’undi umwe...
16 October 2019 Yasuwe: 2765 1

Real Madrid yiyemeje gutanga akayabo na James Rodriguez kugira ngo ihaze ibyifuzo bya Zidane ushaka kizigenza wo muri...

Ikipe ya Real Madrid itarabasha kwiyubaka ku rwego umutoza wayo Zinedine Zidane yifuza,irashaka kugura umukinnyi wa 3 mu ikipe ya Chelsea witwa N’golo Kante kugira ngo abafashe kuziba icyuho mu...
16 October 2019 Yasuwe: 3555 0

Abantu bamaze imyaka 9 bihishe mu nzu kubera gutinya imperuka batahuwe kubera inzoga

Umuryango wamaze imyaka icyenda mu gice cyo hasi (’basement’) cy’inzu "utegereje imperuka" watahuwe na polisi mu Buholandi nyuma yaho umwe muri bo agiye mu kabari, nkuko amakuru...
16 October 2019 Yasuwe: 3091 0

Burundi: Umugabo washinjwaga kugaburira inyeshyamba muri Kongo yiciwe muri gereza y’iperereza umurambo we utabwa mu mugezi wa...

Umugabo wafunzwe ku cyumweru taliki ya 13 Ukwakira 2019 azira kugaburira inyeshyamba zo muri RDC yiciwe muri gereza ikorerwamo iperereza mu Burundi [SNR] nyuma yo gutotezwa inshuro zigera kuri...
16 October 2019 Yasuwe: 2715 0

Mico The Best yatangaje ubutumwa yifuza gutanga mu ndirimbo "Save the Date" yashyize hanze [VIDEO]

Umuhanzi Mico the Best ukomeje gushinga imizi mu njyana ya Afrobeat mu Rwanda yashyize hanze indirimbo yise “Save the Date” yasohoranye n’amashusho yayo aho yifuza kubwira abasore bakunda abakobwa...
16 October 2019 Yasuwe: 348 0

Kim Jong-un yatereye umusozi ’udasanzwe’ ku ifarashi ajya mu mwiherero

Umutegetsi mukuru wa Koreya ya ruguru Kim Jong-un yatereye umusozi wa mbere mu burebure muri iki gihugu atwaye ifarashi, nkuko bitangazwa n’igitangazamakuru cya...
16 October 2019 Yasuwe: 3037 0

Online Fun Club yabonye wa mwana wagaragarije urukundo rudasanzwe Muhadjiri yiyemeza kumuhemba mbere...

Umwana wamamaye ku mbuga nkoranyambaga kubera ukuntu yiyanditseho ku mupira we ushaje izina Muhadjiri n’ikaramu ndetse akanashyiraho na nimero ye 10 yamaze kuboneka nyuma y’igihe ashakisha,bituma...
15 October 2019 Yasuwe: 5155 2
0 | ... | 17390 | 17400 | 17410 | 17420 | 17430 | 17440 | 17450 | 17460 | 17470 | ... | 23880