skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

‘Gukemura amakimbirane n’u Rwanda mu nzira za dipolomasi bishobora kurebwaho’ – Tshisekedi

Perezida Felix Tshisekedi wa DR Congo yavuze ko “gukemura amakimbirane n’u Rwanda mu nzira za dipolomasi bishobora kurebwaho” ariko ko ibyo bidashoboka mu gihe rwaba rukiri ku butaka bwa DR Congo...
31 January 2024 Yasuwe: 2815 0

Général yafashe umwanzuro ukomeye nyuma yo kuyobora Kiyovu Sports ikamuzengereza bikomeye

Uwahoze ari Perezida w’Umuryango Kiyovu Sports, Ndorimana Jean François Régis ’Général’, yemeje ko yasezeye ku buyobozi bwa Kiyovu Sports ndetse ko nta gikorwa cy’umupira w’amaguru azongera...
31 January 2024 Yasuwe: 1280 0

Afrika y’epfo yatunguye Maroc igera muri ¼ cy’irangiza [Uko amakipe azahura muri 1/4]

Ku nshuro ya 7,Afrika y’epfo yageze muri ¼ cy’irangiza cy’igikombe cy’Afrika nyuma yo gusezerera Maroc iyitsinze ibitego 2-0.
31 January 2024 Yasuwe: 1817 0

U Burundi bwongeye intwaro zikomeye ku mipaka buhana n’u Rwanda bunemeza ko bwiteguye intambara

Igisirikare cy’u Burundi cyatangaje ko cyiteguye intambara yashozwa n’u Rwanda.
30 January 2024 Yasuwe: 9144 0

Yakubise umwana we aramwica amuziza kwanga gusubira kwiga kaminuza

Polisi yahitwa Kipkelion, mu Ntara ya Kericho,muri Kenya, ifunze umugabo bivugwa ko yakubise umuhungu we kugeza apfuye amuziza kunywa inzoga nyinshi nyuma yo kwanga gusubira muri kaminuza kugira...
30 January 2024 Yasuwe: 2274 0

Banze gushyingura umuntu kubera ko yangaga kwitabira gahunda z’umudugudu

Itorero rimwe ry’ahitwa Kisii muri Kenya, ryahatiwe gutabara no gushyingura umugore, nyuma y’aho umurambo we umaze ibyumweru bitatu uryamye mu buruhukiro, abantu baranze kujya kuwufata ngo...
30 January 2024 Yasuwe: 4180 0

Ubuzima buramuryoheye nyuma yo gukunda umukozi w’iwabo mu rugo bakabana

Ubwo Dennis Murimi yahuraga na Christine iwabo muri Kenya, yakoraga nk’umukozi wo mu rugo iwabo ,aho yafashaga abafundi kubaka.
30 January 2024 Yasuwe: 4638 0

Biravugwa: FARDC yibeshye irasisha Sukhoi-25 abasirikare bayo izi ko ari M23

Amakuru ataremezwa n’uruhande na rumwe aravuga ko ingabo za Congo (FARDC) zimaze kwikora mu nda, ku musozi wa Muremure,ubwo zakoreshaga indege yazo zikarasa abasirikare...
30 January 2024 Yasuwe: 4368 0

KNC yamaze gushyikiriza FERWAFA na Rwanda Premier League ibaruwa isezera

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) na Rwanda Premier League bemeje ko bakiriye ibaruwa ya Gasogi United isezera mu marushanwa.
30 January 2024 Yasuwe: 1617 0

Uko Rashford yanyoye inzoga nyinshi bikarangira ananiwe gukora imyitozo

Bivugwa ko Marcus Rashford yaryamye yambaye imyenda nyuma yo kumara amasaha 12 anywa inzoga nyinshi agasinda, akibagirwa ko agomba kwitabira imyitozo muri Manchester...
30 January 2024 Yasuwe: 840 0
0 | ... | 1710 | 1720 | 1730 | 1740 | 1750 | 1760 | 1770 | 1780 | 1790 | ... | 24580