skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Umusifuzi w’Umunyarwanda yiguriye ibikoresho byo kumufasha kunoza umwuga we [AMAFOTO]

Ku mukino wa AS Kigali na Kiyovu Sports, abasifuzi bayobowe na Twagirumukiza Abdul Karim bari bambaye utwuma tubafasha gutumanaho ku byemezo bifatwa mu mukino.
21 January 2024 Yasuwe: 3454 0

Irahira rya Félix Tshisekedi ryitabiriwe bitigeze bibaho mbere [Abaperezida bamushyigikiye]

Perezida Félix-Antoine TShisekedi yarahiriye kongera kuyobora RDC muri manda ya kabiri akesha amatora yabaye tariki ya 20 n’iya 21 Ukuboza 2023.
20 January 2024 Yasuwe: 10458 0

AS Kigali yatsinze Kiyovu Sports iri mu bihe bibi cyane

Umukino w’umunsi wa 17 wa shampiyona waberaga kuri Kigali Pelé Stadium, warangiye AS Kigali itsinze Kiyovu Sports igitego 1-0.
20 January 2024 Yasuwe: 1549 0

Perezida Tshisekedi yarahiriye kongera kuyobora RDC yizeza gukosora amakosa yagaragaye mbere

Umukuru w’igihugu cya RDC, Félix-Antoine Tshisekedi yarahiriye kuba perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo mu gihe cy’indi myaka itanu iri imbere nyuma yo gutsinda amatora mu kwezi gushize.
20 January 2024 Yasuwe: 2376 0

Abasirikare bakuru ba Iran biciwe muri Syria mu gitero gishinjwa Israel

Abasirikare bakuru bakuru bane ba Iran biciwe mu gitero bikekwa ko ari icy’indege mu murwa mukuru wa Syria,Damas.
20 January 2024 Yasuwe: 2402 0

Perezida Tshisekedi yinjiye muri stade kurahira agaragiwe n’amafarashi

Kuva mu gitondo cya kare cyane, abanyekongo bazindutse n’iyonka bajya kuri Stade des Martyrs de la Pentecost, i Kinshasa,kwitabira umuhango w’irahira rya Perezida Tshisekedi uheruka kongera...
20 January 2024 Yasuwe: 5926 0

Ikanzu ngufi umukunzi wa CR7 yambaye mu birori bya Globe Soccer Awards yaciye ibintu [AMAFOTO]

Umukunzi wa Cristiano Ronaldo,Georgina Rodriguez yatangaje benshi ubwo yitabiraga ibirori bya Globe Soccer Awards i Dubai yambaye agakanzu kagufi cyane kandi ari mu matware y’Abayisilamu.
20 January 2024 Yasuwe: 5505 3

Gakenke: Inkongi y’umuriro yadutse abanyeshuri baryamye ihitana umwe

Kuri uyu wa Gatandatu umunyeshuri umwe yapfuye abandi babiri bakomerekera mu nkongi y’umuriro yibasiye inyubako y’ikigo cy’amashuri cya EAV Rushashi TSS.
20 January 2024 Yasuwe: 2410 0

Minisitiri Gasore yavuze ku mushinga wo kuvugurura Gare ya Nyabugogo watinze

Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr Jimmy Garore, yatangaje ko kuvugurura Gare ya Nyabugogo mu buryo bugezweho byatinze kubera ko ari umushinga munini ugomba kwitonderwa.
20 January 2024 Yasuwe: 1704 0

Cristiano Ronaldo yatunguye benshi kubera igihe yavuze ko azasezereraho ruhago

Cristiano Ronaldo yasekeje benshi ubwo yavugaga ko ashobora gusezera ku mupira w’amaguru nyuma y’imyaka 10 nubwo ubu afite imyaka 38 y’amavuko.
20 January 2024 Yasuwe: 2959 1